-
Ibyo wamenya kuri B-2 Spirit indege y’indwanyi y’akataraboneka igura asaga miliyari 2 z’amadorari ya Amerika – AMAFOTO + VIDEO
•
Iyi ndege ikoze mu ishusho ry’inyuguti wa W ntibonwa na radar, irihuta cyane kandi ishobora gutwara no kurasa ibisasu by’ubwoko bwose byaba ibisanzwe cyangwa se ibya kirimbuzi bizwi nka Nuclear ndetse na za missile. Ni indege y’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika. Iyi ndege yatangiye gukorwa mu gihe cy’intambara y’ubutita yaje kurangira…
-
Ubwiza bw’indege yihariye(Private jet) ya Cristiano Ronaldo agendamo mu biruhuko. AMAFOTO
•
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,amaze iminsi mu biruhuko we n’umuryango we aho bagendaga mu ndege ye yo mu bwoko bwa Gulfstream G200 yaguze muri 2015 kuri miliyoni £20 z’amapawundi. CR7 na Georgina Rodriguez bamaza iminsi bari mu ngendo mu rwego rwo kuruhuka nyuma ya Euro 2020. Iyi ndege ifite izina rya ’Astra…
-
Leta y’u Burundi yaburijemo ibitaramo bya Israel Mbonyi
•
Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa 28 Nyakanga 2021, yatangaje ko yaburijemo ibitaramo by’umuhanzi w’Umunyarwanda, Israel Mbonyi uririmba indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana. Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubutegetsi, iterambere ry’abaturage n’umutekano mu Burundi mu kanya gashize, yasobanuye ko impamvu ibitaramo bya Mbonyi byaburijwemo ari uko nta burenganzira yigeze ahabwa n’urwego rubifitiye ububasha. Iyi…
-
Kinshasa: Umupolisi yarashe umukuriye ubwo bagenzuraga abambaye udupfukamunwa
•
Kuri uyu wa Gatatu muri karere ka Bandalungwa, mu Mujyi wa Kinshasa umupolisi yibeshye arasa umukuriye ubwo bari mu bugenzuzi bwo kureba abantu batambaye udupfukamunwa. Amakuru agera ku rubuga rwa ACTUALITE.CD aravuga ko uyu mupolisi warashwe mu mutwe yahise yihutanwa kwa muganga nk’uko byemejwe n’uwungirije umuyobozi w’igipolisi cya Congo (PNC) akaba na komanda w’igipolisi…
-
Meddy yasenze isengesho rikomeye naho bamwe mu bahanzi nka Teta, Juno Kizigenza na Sentore bavuga n’akari imorori kubera indirimbo My Vow
•
Hari ku itariki 22 Nyakanga 2021 ubwo umuhanzi Meddy yashyiraga hanze indirimbo yise “My Vow” yahimbiye umugore we Mimi Mekfra baherutse ku rushinga, ariko ikaza guteza impagarara bitewe n’uko yazanye impinduka zitandukanye mu muziki nyarwanda. Mu by’ukuri Meddy nk’umuhanzi ukunzwe, mbere yo guteguza abakunzi be iyi ndirimbo “My Vow” yamaze igihe itegerejwe na…
-
Ibibazo 10 ukwiye kwibaza no gusubiza mbere yo gutandukana n’umukunzi wawe
•
Gutandukana n’umukunzi wawe, umugabo/fiancé (e), si ibintu byoroshye na mba. Hari abatandukana babihubukiye, nyuma bakifuza kuba bakongera kubana cyangwa gukundana n’abo bashwanye, ugasanga ntibibashobokeye cyangwa bakabigeraho bibagoye cyane. Ibibazo 10 muba mugomba kwibaza mbere yo gufata umwanzuro wo gutandukana. 1. Nagerageje ibishoboka byose ngo twe gutandukana ? Mwagiranye ibihe byiza kenshi…