-
Umunyarwenya Bishop Gafaranga yahawe impano y’imodoka nziza cyane kubera indirimbo BYA BIHE aheruka gushyira hanze- AMAFOTO
•
Umunyarwenya Bishop Gafaranga ari mu byishimo bikomeye nyuma y’impano y’imodoka yahawe na Muhire Emmanuel ubarizwa mu Bubiligi ku bw’indirimbo ye “Bya bihe”, iibiganiro by’ivugabutumwa akora n’imikorere ye muri kompanyi akoramo. Tariki 2 Nyakanga 2021, ni bwo Bishop Gafaranga yasohoye amashusho y’indirimbo yise ‘Bya bihe’ itangiza urugendo rwe mu muziki nk’umuhanzi wigenga. Ni indirimbo…
-
Mu gihe zari na Diamond bari mu byishimo muri Africa y’Epfo, Tanasha wabyaranye n’uyu muhanzi nawe yahishuye ko ari mu rukundo rushya
•
Tanasha yaciye amarenga ko ari mu rukundo rushya n’uwamutwaye umutima Iby’uru rukundo Tanasha Donna yabihishuye ubwo yasubizaga ibibazo bitandukanye yabajijwe n’abakunzi be binyuze ku rukuta rwe rwa Instagram. Umwe mu bafana yamubajije niba yaba yaramaze kubona umukunzi mushya nyuma yo gutandukana na Diamond maze abishimangira mu marenga. Yabanje kuvuga ko hari ibyo…
-
Mozambique: Abasirikare 100 b’u Rwanda bagiye kurwana ahitwa Chai hatewe n’inyeshyamba
•
Ikinyamakuru BBC kivuga ko hari abasirikare 100 b’u Rwanda boherejwe gutabara ku biro by’ubutegetsi by’ahitwa Chai mu Karere ka Macomia ka Cabo Delgado, aho bivuga ko inyeshyamba zateye. Ni mu gihe abandi ku Cyumweru no kuwa Mbere bari bahanganye n’inyeshyamba mu gace ka Awasse nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru Mediafax. Kivuga ko igitero cyo gufata…
-
Byatangaje benshi: Perezida wa Malawi n’umuryango we bagiye mu bwongereza kwitabira inama izaba hifashishijwe ikoranabuhanga rya Video Conference
•
Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera n’itsinda ry’abantu 10 rigizwe n’abarimo umuryango we tariki ya 25 Nyakanga 2021 bagiye mu Bwongereza, kugira ngo yitabire inama mpuzamahanga yerekeye uburezi igomba kwifashisha ikoranabuhanga mpuzashusho rya ‘video conference’. Abagize umuryango wa Perezida Chakwera bamuherekeje barimo umugore we, umukobwa n’umukwe we usanzwe ashinzwe itumanaho mu biro bye. Ubusanzwe inama…
-
Micho wigeze gutoza Amavubi yasubiye gutoza Uganda ku nshuro ya kabiri
•
Milutin Sredojevic Micho watojeho ikipe y’igihugu Amavubi, yongeye guhabwa ikipe y’igihugu ya Uganda nyuma y’imyaka 4 ayivuyemo. Mu minsi ishize nibwo Micho yirukanwe n’ikipe ya Zambia kubera umumaro mucye, ariko ibyo FUFA iyobora umupira w’amaguru muri Uganda ntiyabyitayeho, ikaba yongeye kugirira ikizere uno mutoza imuha akazi. Micho yatoje u Rwanda kuva mu…
-
Haruna Niyonzima na rutahizamu w’umugande, bayoboye urutonde rw’abakinnyi Rayon Sports ishaka
•
Nyuma y’aho perezida wa Rayon Sports agarukiye mu Rwanda, muri Rayon Sports byashyushye, isoko ryongeye gukomera cyane. Nyuma y’aho Rayon Sports isoreje ikiciro cya mbere cyo kugura abakinnyi aho yinjije Mico Justin, Muvandimwe Jean Marie Vienney, Mugisha Master na Byumvuhore tresor, ubu igikurikiyeho ni ikiciro cya kabiri nacyo cyo gusinyisha abakinnyi bashya ndetse…