-
FERWAFA yaciwe akayabo ka miliyoni zisaga 120 FRW kubera kwirukana umukozi binyuranyije n’amategeko
•
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryishyuye Umufaransa witwa Jérôme Dufourg miliyoni zisaga 120 frw wari usinzwe itumanaho no gushaka amasoko kubera kumwirukana bidakurikije amategeko. Uyu mugabo wahoze akorera FERWAFA nk’ushinzwe kuyishakira amasoko yatsinze mu nkiko iri shyirahamwe ritegekwa kumwishyura Frw 120 000 000 nyuma yo kumwirukana bidakurikije amategeko. Umuvugizi wa FERWAFA…
-
Birababaje: Umugore yanize abana be 2 barapfa nyuma yo gushwana n’umugabo we
•
Umugore witwa Diana Nasimiyu Kibisi ukomoka mu gihugu cya Kenya yakoze amahano ubwo yashwanaga n’umugabo we bituma afata umwanzuro wo kuniga abana be babiri arabica. Uyu mugore utuye ahitwa Jérusalem-Waithaka, muri Dagorreti I Nairobi yatawe muri yombi nyuma yo kwica aba bana be. Komanda ushinzwe umutekano I Dagoretti, Francis Wahome, yavuze ko…
-
Karasira Aimable yakatiwe gufungwa iminsi 30 mu gihe agitegereje kuburana. Impamvu zashingiweho
•
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Aimable Karasira afungwa by’agateganyo iminsi 30 ategereje kuburanishwa mu mizi. Umucamanza yavuze ko kumufunga ari bwo buryo bwonyine bwo kumubuza gukomeza gukora ibyaha. Nyuma y’uko abamwunganira basabye ko arekurwa akajya kuvurwa uburwayi bwo mu mutwe, umucamanza yavuze ko Karasira aregwa ibyaha bikomeye kandi nta cyerekana ko…
-
Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melody baciriye bugufi Meddy gusa hari ababinye nko kwiyerurutsa
•
Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melodie bagaragaje ukwicisha bugufi imbere ya Meddy, nyuma yo gushinjwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kumugirira ishyari kubera ibyo ari kugeraho. Bruce Melodie yashinjwe kugirira Meddy ishyari kubera amagambo yamuvuzeho mu minsi yashize avuga ko we na The Ben ari “abanebwe bakora akaririmbo kamwe mu mwaka”, ndetse ko ntacyo bamurusha. Juno…
-
Abapolisi 2 bafunze bakekwaho gusambanyiriza abanyeshuri kuri site y’ibizamini bya Leta
•
Abapolisi babiri basanzwe bakorera akazi mu Murenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, batawe muri yombi bakekwaho gusambanyiriza abana b’abakobwa kuri site y’ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 25 Nyakanga ni bwo aba bapolisi batawe muri yombi. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera, yavuze…
-
Mozambique: Ingabo za Leta zifatanyije n’iz’u Rwanda zigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba bizwi nka Awasse
•
Ingabo za Mozambique zifatanyije n’iz’u Rwanda zavanye inyeshyamba ziyitirira idini ya Islam mu birindiro byazo bya Awasse nyuma y’imirwano ikomeye ku cyumweru no kuwa mbere. Awasse ni agace kafashaga izi nyeshyamba nk’urukuta rukingira umujyi zigaruriye wa Mocimboa da Praia, nk’uko umunyamakuru Jose Tembe wa BBC muri Mozambique abivuga. Imigumuko y’inyeshyamba imaze imyaka…