-
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi muri 2021 ruyobowe na Iceland
•
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi. Icyegeranyo cya Global Peace Index (GPI) cyasohowe muri Kamena 2021 cy’ibihugu bifite amahoro ku Isi, ni icya 15 gishyira ku rutonde ibihugu 163 ku Isi hakurikijwe urwego rw’amahoro. Afurika ifite ibihugu bitanu ku rutonde rw’ibihugu 10 byiganjemo amakimbirane n’umutekano…
-
Bishop yirukanye abapasiteri 40 abahora kwinjiriza itorero amafaranga make
•
Bishop David Oyedepo washinze itorero rya Living Faith Church muri Nigeria yirukanye abapasiteri bari bayoboye amashami 40, abahora kwinjiriza iri torero amafaranga make. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru Pulse, iyirukanwa ry’aba bapasiteri ryahishuwe n’umwe muri bo witwa Peter Godwin wakoraga iyi nshingano ku rusengero ruherereye mu gace ka Ikere-Ekiti kuva tariki ya 28 Kanama 2020. Yagize…
-
Kwiyiriza kuri Arafah bituma Allah akubabarira ibyaha by’imyaka 2: Sobanukirwa uyu munsi w’igisibo muri Islam wizihijwe kuri uyu wa Mbere
•
Umufasha w’intumwa y’Imana Muhammad, Aisha yemeje ibyo yabwiwe ku migisha ikomeye yo gusiba ku munsi wa Arafah. Avuga ibyo yabwiwe n’Intumwa y’Imana imwerurira ko nta gihe kibaho Allah avana abantu benshi mu muriro nko ku munsi w’igisibo cya Arafah. Umunsi wa Arafah ni ikiruhuko cy’aba Islam kiba ku munsi wa 9 w’ukwezi kwa…
-
Miss Muyango aritegura kwibaruka imfura ye
•
Miss Muyango Claudine ari kwitegura kwibaruka imfura ye na Kimenyi Yves ukinira Kiyovu Sport bamaze igihe bakundana ndetse wamaze no kumwambika impeta y’urukundo. Amakuru yo gutwita k’uyu mukobwa si mashya mu matwi y’abakurikiranira hafi ubuzima bw’ibyamamare mu Rwanda, ariko ni amakuru yakunze kugirwa ibanga rikomeye. Mu bihe bitandukanye Uwase Muyango na Kimenyi…
-
Kamichi yatunguwe no kubwirwa ko indirimbo aherutse gushyira hanze “Summer vibes” atari iye ndetse igakurwa ku rubuga rwa Youtube
•
Umuhanzi Kamichi yatunguwe no gusanga urubuga rwa Youtube rwamwandikiye rumubwira ko rwafashe umwanzuro wo gukuraho amashusho y’indirimbo ye yise ‘Summer Vibes’ aherutse gusohora. Uwitwa Shema Christian yandikiye Youtube avuga ko indirimbo ‘Summer Vibes’ ari iye, bituma uru rubuga rufata umwanzuro wo gukura iyi ndirimbo kuri shene ya Youtube ya Kamichi. Kamichi yavuze…
-
Umusirikare yarasiye umukunzi we ku karubanda amuhora kwanga kuvuga YEGO ubwo yamutereraga ivi
•
Ni kenshi humvikana abantu babengewe ku karubanda, ibintu bishobora gutuma umwe atekereza nabi cyane iyo hari amafaranga yagutanzeho nk’uko umusirikare wo muri Nigeria yaruhiye umukobwa yakundaga akamuha amafaranga menshi azi ko bazabana bikarangira amurashe. Mu nkuru zibabaje ziri kuvugwa hirya no hino muri Nigeria, ni uburyo umusirikare yishe umukunzi we amurashe. Ni nyuma…