-
Rwanda: 3.8% by’abapimwe Covid-19 mu minsi 2 ishize basanganwe Covid-19. Uko imibare ihagaze muri buri Karere
•
Mu Rwanda mu minsi ibiri ishize hafashwe ibipimo byinshi bya Covid-19 cyane cyane mu mujyi wa Kigali, ubu birerekana ko hafi 4% by’abapimwe banduye iki cyorezo. Umurwa mukuru Kigali n’utundi turere umunani uyu munsi batangiye umunsi wa gatatu mu minsi 10 bagomba kumara mu ngo zabo. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko ishaka gupima…
-
Umuyobozi wa Rayon Sports yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga n’ubufatanye
•
Uwayezu Jean Fidele yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga no gutsura ubufatanye n’ikipe ya Casablanca. Kuri iki gicamunsi tariki 18 Nyakanga 2021 ni bwo umuyobozi wa Rayon Sport yafashe indege yerekeje mu guhugu cya Maroc mu ruzindiko rw’iminsi itandatu aho biteganyijwe ko azasinya amasezerano y’ubufatanye hagati y’ikipe ayobora na Raja Athletic Casablanca.…
-
Leta yatangiye guha ibiribwa imwe mu miryango itabona ibyokurya kubera Guma mu rugo
•
Kuri iki Cyumweru, Guverinoma yatangiye gutanga ibiribwa ku miryango ibona icyo kurya ari uko yakoze mu rwego rwo kuyunganira muri iki gihe Umujyi wa Kigali n’uturere 8 biri gahunda ya Guma mu Rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney arizeza abaturage ko ntawe uzabura ibiribwa…
-
Wari uzi ko imbuto z’ikinyomoro ari urukingo rukomeye ku ndwara nyinshi zirimo iz’umutima, diabete…? Sobanukirwa
•
Ibinyomoro (tree tomato cg tamarillo) ni urubuto rw’ingirakamaro kandi rwiza, ruryohera rukagira na aside, kandi rushobora kwera ahantu hato, nko mu busitani. Kubera intungamubiri zarwo ruzwiho kurinda zimwe mu ndwara z’umutima ndetse na Diyabete. Ibinyomoro byatangiye guhingirwa muri amerika y’amajyepfo. Siho byera gusa cyane kuko no mu Rwanda, afurika y’epfo, Australiya na New…
-
Riderman yahishuye amazina yise abana b’impanga aherutse kubyara n’ibisobanuro byayo
•
Umuraperi Gatsinzi Emery [Riderman] uri mu bakomeye mu Rwanda, yatangaje ko abana b’impanga b’abakobwa aherutse kwibaruka yabise amazina; umukuru yamwise Kamba naho umuto yamwise Randa. Riderman yifashishije konti ye ya Instagram mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 23 Kamena 2021, yatangaje ko hashize ukwezi yibarutse impanga n’umugore we. Uyu muraperi yatangiye…
-
Dore indwara zirimo n’izikomeye ndetse n’ibyago 10 waba wirinze uramutse unyweye umucyayicyayi mu buryo bukwiye
•
Umucyayicyayi tuwuzi nk’ikirungo cy’icyayi aho ukoreshwa wonyine cyangwa ukavangwa n’andi majyane anyuranye mu rwego rwo kurunga icyayi. Gusa Umucyayicyayi ni n’umuti w’indwara nyinshi harimo iz’umutima ziterwa n’ibinure byinshi, kuribwa mu nda, gusukura umubiri n’ibindi. Umucyayicyayi ufite byinshi by’ingenzi umarira ubuzima bwacu nkuko tugiye kubibona. Ibi biterwa n’uko tuwusangamo byinshi nka citral, , phenols,…