-
Umugi wa Kigali ugiye gutangira gupimira abantu mu tugali batuyemo igikorwa gitangira kuri uyu wa Gatandatu
•
Kuva kuri uyu wa Gatandatu kugeza ku Cyumweru tariki 18 Nyakanga, mu Mujyi wa Kigali haratangira gupimwa COVID-19 mu Tugari twose. RBC ivuga ko iki gikorwa kizafasha kumenya uko iki cyorezo gihagaze. Ku munsi w’ejo, Dr. Ngamije Daniel yabwiye Abanyamakuru ko iyi gahunda ya Guma mu rugo izatuma habaho gusuzuma Umujyi wa Kigali…
-
Kenya: Umupolisikazi wahigwaga aregwa kwica bamusanze yapfuye
•
Umupolisikazi wo muri Kenya wari umaze igihe ashakishwa aregwa kurasa akica abagabo babiri bamusanze yapfuye mu rugo rw’ababyeyi be. George Natembeya, umutegetsi wo mu ntara ya Elgeyo Marakwet yavuze ko Caroline Kangogo yari yaragiye mu rugo rw’ababyeyi be muri ako gace ka Rift Valley ari naho yirasiye agapfa. Hashize ibyumweru bibiri ahigwa…
-
Gaby Kamanzi w’imyaka 40 avuga ko arambiwe abamushyira ku gitutu cyo gushaka umugabo ndetse n’abagabo bamwoherereza ubutumwa bamureshya
•
Umuhanzi Gaby Kamanzi uri mu bakunzwe cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda yavuze ko arambiwe abantu bahora bamushyiraho igitutu cyo gushaka ndetse n’abagabo bahora bamwoherereza ubutumwa bumusaba urukundo. Ubwo yari mu kiganiro kuri KT Radio, Radio ya Kigali Today ku wa Gatatu tariki 14 Nyakanga 2021, umwe mu bari…
-
Abanyeshuri Bashinjwa Kwandika ‘RIP’ Ku Ifoto Ya Perezida Kagame Baburanishijwe Bwa Mbere
•
Abanyeshuri bane bo mu ishuri rya Kabgayi A ryo mu Karere ka Muhanga, bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo igishingiye ku kuba baranditse ijambo RIP ku ifoto ya Perezida Paul Kagame, bamwe bafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo undi umwe ararekurwa. Aba bana bakurikiranyweho ibyaha bitanu ari byo ; Gukurura amacakubiri, Gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi…
-
Yifashishije Ifoto, The Ben yaciye amarenga y’ubukwe bwe na Miss Pamella – AMAFOTO
•
“Munsuhurize umufasha wange”. Mu ijambo ryuje ubwenge rinaca amarenga y’urwo yihebeye umukunzi we, The Ben yongeye kwerekana urwo akunda Miss Pamella amwita umufasha we maze bitungura abatari bake bamukurikira umunsi ku munsi ku mbuga nkoranyambaga. Abinyujije kuri konti ye ya Facebook, The Ben yashyizeho ifoto imwe mu zo Uwicyeza Pamella aherutse…
-
Perezida Museveni yahaye umwanya ukomeye mu butegetsi umukwe we – Odrek Rwabwogo
•
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yagize Odrek Rwabwogo usanzwe ari umukwe we umujyanama we mukuru ushinzwe inshingano zihariye. Perezida Museveni mu itangazo yasohoye yavuze ko guha Rwabwogo ziriya nshingano n’abandi batandukanye yabishingiye ku bubasha ahabwa n’ingingo ya 99 n’iya 171 z’itegekonshinga rya Uganda. Undi uri mu bongeye kugirirwa icyizere na Perezida Museveni ni…