-
Abantu Bongeye Kuzura Muri Gare Ya Nyabugogo Bashaka Guhunga Guma Mu Rugo Yo Mu Mugi Wa Kigali – AMAFOTO
•
Nyuma y’aho Inama y’abaminisitiri isubije muri Guma mu rugo kubera ubwiyongere bukabije bwa Covid-19, abantu benshi babyukiye muri gare ya Nyabugogo kugira ngo batahe hirya no hino. Ishusho y’Umunsi wa mbere wa Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali n’Uturere 8 yaranzwe n’aya mafoto y’aba bagenzi benshi cyane bari muri gare ya Nyabugogo.…
-
Perezida Samia wa Tanzania yasuye u Burundi
•
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yageze mu Burundi kuri uyu wa gatanu mu rugendo rw’iminsi ibiri, urugendo rwari rwitezwe cyane muri iki gihugu. Kuva ageze ku butegetsi, Madamu Samia Suluhu amaze kugenderera ibihugu bya Uganda na Kenya, anitabira n’inama yihutirwa y’umuryango SADC muri Mozambique. Kugenderera Uburundi bishimangira umubano ukomeye hagati y’amashyaka…
-
Masudi Irambona Djuma yongeye kugirwa umutoza wa Rayon Sports – AMAFOTO
•
Umurundi Massoud Irambona Djuma yagizwe umutoza mushya wa Rayon Sports FC mu myaka 2 iri mbere aho ayigarutsemo nyuma yo kuyivamo mu mwaka wa 2017 ayihesheje igikombe cya shampiyona. Nyuma y’imyaka 4 avuye muri Rayon Sports FC yatwayemo igikombe cya Shampiyona n’igikombe cy’amahoro nk’umutoza, umunyabigwi wayo Masudi Djuma Irambona ari kuganira nayo kugira…
-
Leta Izagaburira Imiryango Ibihumbi 210 Muri Guma Mu Rugo//Hari Abahitanwe Na Covid-19 Barakingiwe
•
Kuri uyu wa Kane,habaye ikiganiro n’abanyamakuru cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi JMV,Minisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel,Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda,Habyarimana Beata,Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima,Dr.Mpunga Tharcisse n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera. Minisitiri muri MINALOC,Gatabazi JMV yavuze ko imiryango igera ku bihumbi 210 yabazwe ifite ikibazo cy’inzara izafashwa, ku buryo nta muntu…
-
Sergio Ramos yatangaje umukinnyi watumye yerekeza muri Paris Saint-Germain
•
Myugariro Sergio Ramos wari umaze imyaka 16 muri Real Madrid ariko akaba yerekeje muri Paris Saint-Germain,yavuze ko Neymar Jr ariwe wagize uruhare runini rwo kwerekeza muri iyi kipe yo mu Bufaransa. Ramos yavuze ko gushidikanya kose yari afite kuri iyi kipe yo mu Bufaransa kwavanweho na Neymar Jr. Ramos w’imyaka 35,yifuzwaga n’amakipe…
-
Diamond yaguze Imodoka iri mu zihenze Za mbere ku Isi[AMAFOTO]
•
Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania,yaguze imwe my modoka zihenze cyane ku Isi yo mubwoko bwa Rolls-Royce Cullinan”yahoraga yifuza kuva mu bwana bwe ku kayabo ka 330.000$ni ukuvuga asaga miliyoni 330 Frw. Uyu muhanzi usanzwe akunda imodoka zihenze, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yeretse abakunzi be imodoka yo mu bwoko…