Kiliziya Gatolika mu Rwanda yamaganye itegeko ryemerera abantu gukuramo inda ku bushake
Abepisikopi icyenda ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda bemeje ko badashyigikiye itegeko ryemerera abantu gukuramo inda mu buryo bwizewe, ubusambanyi no kunywa imiti ibuza gusama kuko bunyuranyije n’inyigisho zayo, bityo nta vuriro ryayo na rimwe ryemerewe gutanga iyo serivisi. Mu itangazo…
Reka kwishyira mu kaga! ntuzigere ukora ibi bintu ugamije gushimisha umukobwa mukundana
Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse…
Minisitiri Nduhungirehe yahaye Bruce Melody isezerano rikomeye
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yabwiye Bruce Melodie n’abandi bahanzi Nyarwanda ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza kubashyigikira, kuko ibyo bakora ntaho bitaniye n’iby’abandi bahanzi bigaragaza ku rwego mpuzamahanga mu bihe bitandukanye. Yabitangaje mu ijoro ryo kuri uyu…
Hakozwe ijisho ry’ikoranabuhanga rizafasha abafite ubumuga bwo kutabona kongera kureba
Mu buhanga bugezweho, abaganga n’abashakashatsi bo muri Australia bakoze ikoranabuhanga rihambaye ry’ijisho ryitwa “Bionic eye” rifasha abantu babuze ubushobozi bwo kubona kongera kureba. Iki gikorwa cy’icyitegererezo kigamije cyane gufasha abafite ubumuga bwo kutabona, by’umwihariko ubumuga bwatewe n’indwara zifata imboni cyangwa…
Perezida Tshisekedi yavuze ko atashyikirana na M23 kabone n’ubwo yaba ihagaze iwe mu rugo
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahize ko atazigera na rimwe ajya mu mishyikirano na M23, kabone n’iyo uyu mutwe wafata Congo yose ukanagera ku muryango w’urugo rwe. Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya…
Gen. Muhoozi yongeye gutungurana ubwo yavugaga ku Mana
Umugaba Mukuru w’Ingabo mu gihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Imana ari umwirabura w’umunyafurika, kandi ko igisirikari cya Uganda nicy’u Rwanda ari byo bya mbere ku isi. Mu gihugu cya Uganda hakomeje kwibazwa ku musimbura wa Perezida Yoweri…
Reka gukoresha udutima buhumyi! Dore Igisobanuro cy’udutima dukoreshwa mu butumwa bugufi n’igihe cyo kudukoresha
Ubutumwa bugufi ni uburyo buryoha cyane kandi bwihuta dukoresha tuvugana n’inshuti zacu cyangwa abavandimwe. Uretse kandi kuba twakwandika, tujya tunohereza utumenyetso/ udushusho mu gihe tubafitiye ubutumwa bwihariye. Muri iyi nkuru, twaguteguriye ibisobanuro by’utumenyetso dutandukanye tw’umutima dukunze gukoreshwa mu butumwa…
Abakobwa: Ntuzibeshye ngo wandikire umusore mukundana rimwe muri aya magambo
Ni ngombwa ko abakobwa bamenya amagambo bakoresha bandikira ubutumwa bugufi abakunzi babo ndetse bakanamenya nayo bagomba kwirinda kugira ngo batangiza urukundo rwabo. Ni ingenzi ku mukobwa kumenya icyo ukwiye kuvuga n’igihe cyo kukivugira mu gihe wandikiye umukunzi wawe ubutumwa kuri…
Abasore: Ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa mukundana akuryarya
Urukundo ruba rwiza hagati ya babiri iyo bakundana by’ukuri ndetse bizerana kandi batabeshyanya,gusa biba bibi iyo hari umwe mu bakundana ubeshya mugenzi we,ntamubwize ukuri, iyo bimeze gutyo, biba birutwa no kutajya mu rukundo. Nubwo bimeze gutyo ariko hari bamwe batazi…
Abasore: Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa mukundana yifitiye undi musore wamutwaye umutima
Inshuro nyinshi abakobwa baca inyuma abakunzi babo ariko nyuma bakabifata, ndetse bakitwara nkaho nta kintu cyabayeho. Nk’umuhungu rero ugomba kureba neza ukitegereza imyitwarire y’umukobwa mukundana, cyane cyane iyo utangiye kubona urukundo rwanyu rwajemo agatotsi. Ni kuri izo mpamvu wagatangiye kwitegereza…