Latest post

Rayon Sports yabonye perezida mushya usimbura Uwayezu Jean Fidele

Share this:

Kuri uyu wa Gatandatu, Twagirayezu Thaddé yatorewe kuyobora ikipe ya Rayon Sports mu myaka ine iri imbere asimbuye Uwayezu Jean Fidele. Ni amatora yabereye mu Nteko Rusange yateraniye mu Nzove kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2024, yagombaga kugena ahazaza ha…

Share this:

Abakobwa: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda kuko bituma umusore agusuzugura mu rukundo

Share this:

Muri kamere y’igitsinagabo ntibasanganywe umuco wo gusuzugura abakunzi babo ku buryo bugaragara, ariko hari zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umusore cyangwa umugabo mukundana agusuzugura. Gusuzugura ni igihe umuntu akoze ibintu bibabaza undi muntu ariko bitabaye ku bw’impanuka ahubwo bikozwe ku…

Share this:

Bituma yivamo: Dore ibibazo 8 wabaza umukunzi wawe ukamenya ko yaguciye cyangwa ataguciye inyuma

Share this:

Niba ukeka ko umukunzi wawe aguca inyuma ukaba ushaka kumenya ukuri ariko utiriwe umuhatiriza cyangwa se ngo umutonganye kugira ngo avugishe ukuri nk’uko abantu benshi bigenda bikanarangira batabigezeho kubera uburyo umujinya ubabera inzira ibafungira kumenya ukuri, ushobora wowe gutuma umukunzi…

Share this:

Ruud van Nistelrooy yatandukanye na Manchester United yari amaze iminsi atoza

Share this:

Ikipe ya Manchester United nyuma yo kubona umutoza mukuru Ruben Amorim yamaze gutandukana n’uwari umutoza w’umusigire Ruud van Nistelrooy, ibi bikaba byababaje abakunzi b’iyi kipe. Manchester United yatangaje ko Ruud van Nistelrooy wari umutoza w’umusigire yasezerewe ku mirimo nyuma yo…

Share this:

Botswana: Uwabaye Miss yagizwe Minisitiri w’urubyiruko ku myaka 26

Share this:

Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu. Uyu mukobwa w’imyaka 26, yashyizweho na Perezida mushya w’iki gihugu Duma Boko uheruka gutorerwa…

Share this:

APR FC yabonye umuyobozi mushya, Brig. Gen Deo Rusanganwa

Share this:

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko Brig Gen Deo Rusanganwa ari we ugiye kuyobora iyi kipe by’agateganyo nyuma yo gusezerera uwari usanzwe kuri uyu mwanya Col (Rtd) Karasira Richard. Ibinyujije ku rubuga rwayo, APR FC, yatangaje ko Brig Gen…

Share this:

Umujyanama wa Donald Trump yaburiye Ukraine

Share this:

Bryan Lanza, Umujyanama wa Perezida, Donald Trump, yavuze ko Ukraine ikwiye kugira intego nyayo mu ntambara iyihuza n’u Burusiya kandi igomba kwakira ko agace ka Crimea u Burusiya bwigaruriye itazagasubizwa. Ku wa 9 Ugushyingo, Bryan Lanza yabwiye BBC ko ubuyobozi…

Share this:

Pep Guardiola yatakaje icyizere cyo gutwara Premier League uyu mwaka

Share this:

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yatangaje ko nyuma y’uko abona ibihe arimo bitameze neza, yumva aricyo gihe ngo byibuze indi kipe ibe yabona amahirwe yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona mu Bwongereza. Ibi ni bimwe mu byo uyu mugabo yatangaje…

Share this:

Ni iki cyabaye kuri Pep Guardiola? Manchester City ikomeje gutsindwa umusubirizo

Share this:

Abakunzi ba Manchester City bakomeje kwinubira umusaruro ikipe yabo ikomeje kugira muri aya mezi, benshi bagatangira guhuza ko ingoma y’umutoza n’ubudahangarwa bwe byaba bigeze ku musozo. Ibintu si byiza muri Manchester City, aho umutoza Pep Guardiola arimo gutakaza imikino mu…

Share this:

Rayon Sports ku mwanya wa mbere nyuma yo kwisasira Etincelles

Share this:

Rayon Sports yatsinze umukino w’ikirarane yakinagamo na Etincelles FC igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Fall Ngagne. Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa karindwi wa Shampiyona utarakiniwe igihe kubera ko Rayon Sports yari ifite abakinnyi benshi mu ikipe y’igihugu. Kuri uyu…

Share this: