Latest post

Ibibazo 9 ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere yo gufata umwanzuro wo gushyingiranwa na we

Share this:

Abantu benshi usanga bakundana urukundo rukaryoha kugera ubwo bafata umwanzuro wo kubana ariko nyamara bataziranye bitewe nuko hari ibibazo batagiye babazanya ngo barusheho kumenyana bikaba biri no mu bishobora gutuma hari abagera mu rugo bakabaho batishimye cyangwa se bakanatandukana. Bimwe…

Share this:

Joe Biden arashinjwa kugira uruhare mu ntsinzwi y’Abademokarate bari barangajwe imbere na Kamala Harris

Share this:

Nancy Pelosi wahoze ari umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko y’Amerika, wo mu ishyaka ry’abademokarate, yavuze ko abademokarate bari kuba baritwaye neza mu matora yo ku wa kabiri iyo Perezida Joe Biden aza kuba yararetse kwiyamamaza hakiri kare cyane. Pelosi…

Share this:

Uganda: Umunyarwandakazi Gloria Bugie yatawe muri yombi azira amashusho y’urukozasoni

Share this:

Polisi ya Uganda yafunze Umunyarwandakazi Gloria Busingye wamamaye nka Gloria Bugie ukorera umuziki muri iki gihugu; biturutse ku mashusho ye aheruka kujya hanze, ariko ahita arekurwa atanze ingwate. Polisi y’iki gihugu yafunze uyu mukobwa ku wa Kabiri tariki 5 Ugushyingo,…

Share this:

Miss Muheto yakatiwe

Share this:

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Miss Nshuti Muheto Divine wabaye nyampinga w’u Rwanda mu 2022, ahamwa n’ibyaha byo gutwara ikinyabiziga wanyoye ibisindisha no gutwara ikinyabiziga utabifitiye uruhushya, rumuhanisha igihano cy’igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Urukiko kandi…

Share this:

Imigi 12 ishaje kurusha iyindi yose ku isi

Share this:

Umujyi wa Al Fayoum wo mu Misiri niwo mujyi umwe rukumbi uri ku rutonde rw’imijyi 10 ikuze kurusha iyindi ku Isi aho yiganjemo iyo mu bihugu by’u Burayi na Aziya. Isi imaze imyaka irenga Miliyari 4, aha ni ibintu byumvikana…

Share this:

Ibyo Kevin Kade yaganiriye n’ibyamamare byo muri Uganda birimo Weasel

Share this:

Umuhanzi Ngabo Richard wamamaye nka Kevin Kade yakoreye igitaramo cye cya mbere mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, cyaherekejwe n’ibiganiro yagiranye na mugenzi we Douglas Mayanja [Weasel] wamamamye mu itsinda rya Goodlyfe ryagize ibihe byiza kuva mu myaka 15 ishize….

Share this:

Dore imyambaro 5 ukwiye kwambara mu gihe cy’ubukonje bwinshi

Share this:

Uko ibihe bihinduka, ni na ko imyambaro abantu bambara ihinduka haba mu bukonje cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe (impeshyi). Muri iyi minsi mu Rwanda hari ubukonje n’imvura aho bisaba ko abantu bahindura imyambarire, dore ko imyambaro yo mu mpeshyi itandukanye no…

Share this:

Abasore: Ntuzigere na rimwe ukora kimwe muri ibi bintu 5 ugamije gushimisha umukobwa ukunda

Share this:

Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse…

Share this:

Dore impamvu 3 ugomba kwirinda gushyira urukundo rwawe ku mbuga nkoranyambaga

Share this:

Kuri ubu Isi yabaye umudugudu, ku buryo bidatangaje ko usanga umuntu asangiza abantu bose batuye Isi ubuzima bwe ndetse adasize n’ibyakabaye amabanga ye harimo n’amabanga y’urukundo rwe n’umukunzi we. Ibi bamwe babikora bibwira ko ari bwo buryo bwiza bwo kwereka…

Share this:

Ababyeyi bongeye kwemererwa gusura abana ku ishuri nyuma y’ingamba zari zashyizweho zo kwirinda Marburg

Share this:

Hashize iminsi minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ishyizeho amabwiriza agenga amashuri arimo ko ababyeyi bagomba guhagarika kujya gusura abana babo mu mashuri, no gusaba ibigo by’amashuri kugira uburyo bwo gupima no gukurikiranira hafi ubuzima bw’abanyeshuri hagamijwe ku barinda. Nyuma y’aho iyi…

Share this: