Dore uko wafasha umwana wawe gucika ku ngeso yo kunyara ku buriri
•
Hari amakosa ababyeyi bakora bigatuma umwana wabo ufite ikibazo cyo kunyara ku buriri atinda kubireke ndetse ahanini ayo makosa ababyeyi bayakora baziko bari gukemura ikibazo nyamara batazi ko aribwo bari kucyongera. Ku rubuga rwa Dr. Sagie, umuganga uzobereye mu gutanga inama ku babyeyi no ku bana ku bijyane no kureka kunyara ku buriri, yavuze…
Niba ufite kimwe muri ibi ukwiye kujya wisuzumisha Diabete nibura rimwe mu mwaka
•
Indwara y’igisukari n’indwara benshi dutajya dusobanukirwa kimwe kuko akenshi usanga ko ari n’ind yica umuntu mu gihe kirekire cyane hafi imyaka nka 30 ishobora gushira utabizi ko yagufashe mugihe cyose iba itaragaraza ibimenyetso, Abaganga ntibahwema guhora bashishikariza abantu kujya bisuzumisha murwego rwo kwirinda bihamye iby’iyi ndwara izwiho ko yica yicecekeye (silent killer). Hari ibintu…
Amakosa 9 abantu bakora igihe cyo koga mu gitondo batazi ko byabakururira ibyago birimo n’urupfu
•
Dore amakosa 9 asanzwe abantu bakora mugihe cyo kwiyuhagira kandi ashobora kubagiraho ingaruka zikomeye by’umwihariko Ku buzima bwabo mu buryo batazi: 1. Gukoresha amazi ashyushye cyane: Amazi ashyushye ashobora kwambura amavuta karemano y’uruhu, biganisha ku gukama no kurakara. 2. Gukoresha cyane isabune: Gukoresha isabune nyinshi bishobora kumisha uruhu no guhungabanya uburinganire bwa pH bisanzwe.…
Niba ukunda kubyuka kenshi nijoro nta kabuza urwaye indwara ya Nocturia. Sobanukirwa byinshi kuri yo
•
Kuba umuntu yabyuka buri ijoro hagati akajya kunyara , bibangamira ubuzima bwe by’umwihariko umudendezo we wo kuba yasinzira neza , agashira umunaniro aba yirirwanye mu kazi ke ka buri munsi. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe byinshi kundwara ituma habaho icyo kibaho yitwa ‘Nocturia’. ICYO WAMENYA KURI IYI NDWARA. Abahanga bavuga ko iyi ndwara…
Kuva taliki ya 6 Gicurasi, abantu batangira gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga
•
Ibinyujije mu ishami ryayo rishinzwe ibizamini n’impushya zo gutwara ibinyabiziga, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuva ku ya 6 Gicurasi 2024, ikigo cya Busanza gihereye mu Mujyi wa Kigali kizatangira kwakira abashaka gukorera izo mpushya, ‘Permis’. Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gicurasi Polisi y’u Rwanda yemeje ko kuva tariki 06 Gicurasi 2024, izatangira…
Ruhango: Umwarimu ushinjwa gusambanya abana babiri b’abakobwa icyarimwe akanabarira ibiraha yakatiwe. Uko iburanisha ryagenze
•
Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwafashe icyemezo ko umwarimu ukekwaho gusambanya abana babiri, akarya n’amasambusa (ibiraha) bari baguze akwiye gukurikiranwa afunzwe by’agateganyo. Ruriya rukiko rw’ibanze rwa Ruhango rufashe icyemezo nyuma yaho umwarimu Thomas Ntivuguruzwa aburanye ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku cyaha cyo gusambanya abana babiri, yabanje no kubarira amasambusa bakunze kwita ibiraha. Ubushinjacyaha bwasabaga ko mwarimu…