Polisi y’u Rwanda yarashe mu kico abagabo 2 bakekwagaho kwica umwe mu bakozi b’umurenge wa Remera wo mu karere ka Gasabo
•
Abantu babiri bacyekwagaho ubujura no kwica Ndamyimana Elyse wari Noteri w’Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo bageragezaga gutoroka inzego z’umutekano mu gihe bari bagiye kwerekana abo bakoranaga bahita bapfa. Aba barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki 03 Gicurasi, ubwo bageragezaga gutoroka inzego…
Abagabo: Dore ibimenyetso byakwereka ko umugore wawe aguca inyuma mu ibanga rikomeye
•
Ubundi kera byabagaho gake kumva umugore uca inyuma umugabo we, ariko muri iki gihe nabyo byabaye ibintu bisanzwe; akenshi iyo umugore wawe aguca inyuma, hari ibintu byinshi bihinduka kuri we ndetse no mu rugo. Uburyo bwo gucana inyuma buri mu ngeri zitandukanye, cyane cyane ku bagore. Hari umugore uca inyuma umugabo we akabishyira ku…
Ubwongereza: Abimukira bagomba koherezwa mu Rwanda batangiye gufatwa
•
Abategetsi b’u Bwongereza batangiye gufunga abimukira mu rwego rwo kwitegura koherezwa mu Rwanda mu byumweru icyenda cyangwa 11 biri imbere, nk’uko guverinoma yabitangaje kuri uyu wa Gatatu, ishyira urufatiro kuri politiki yo kugenzura abinjira n’abasohoka ya Minisitiri w’intebe Rishi Sunak. Inteko ishinga amategeko mu kwezi gushize yemeje itegeko riharura inzira yo kohereza abasaba ubuhungiro…
Perezida Ndayishimiye yashinje Abarundi kuba ari bo bitera ubukene bukabije bubugarije
•
Perezida Evaliste Ndayishimiye yavuze ko intandaro y’ubukene bukabije bwugarije igihugu cy’u Burundi bikomoka ku bunebwe bw’abanyagihugu no kubayobozi bamwe badakunda igihugu. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yabitangarije mu Ntara ya Kayanza ubwo yari yitabiriye umuhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umurimo. Ubwo yagezaga ijambo ku mbaga yari iteraniye aho, Prezida Ndayishimiye yavuze ko ubukene…
Umusore w’imyaka 19 yashukashutse mushik iwe w’imyaka 14 ngo bakundane birangira amuteye inda
•
Umuhungu w’imyaka 19 yahamijwe icyaha cyo gukundana no gutera inda mushiki we w’imyaka 14 muri Zimbabwe. Umusore w’imyaka 19 yagejejwe imbere y’umucamanza mu rukiko rwa Mutawatawa ashinjwa kuryamana na mushiki we w’imyaka 14 i Uzumba, muri Zimbabwe. Uyu musore yagejejwe imbere y’urukiko ashinjwa gushukashuka mushiki we ngo bakundane aho byabagejejo no ku gikorwa cyo…
5 Job Positions of Executive Secretary at Kayonza District Under Statute : Deadline: May 7, 2024
•
Job responsibilities Perform daily duties of the Cell administration and monitor the administration of Villages and produce reports thereof; Follow up, in collaboration with relevant organs, on the security of people and their property in the Cell; Coordinate community development and citizen participation activities, mobilize the local population on government policies and programs and…