Akamaro ko kunywa nibura ikirahuri cy’amata ku munsi
•
Amata ni isoko y’intungamubiri zitandukanye zifasha imikorere y’umubiri ndetse akaba kimwe mu binyobwa bikungahaye kuri Poroteyine. Buri binyobwa bigira intungamubiri zitandukanye ndetse bigafasha mu buryo bunyuranye. Ikinyamakuru Times of India cyatangaje impamvu buri wese akwiriye kunywa amata buri munsi nibura igikombe kimwe. 1. Akungahaye kuri Calcium Amata yifitemo Calcium ikenerwa mu mubiri umunsi ku…
Amakuru mashya kuri Rutahizamu wa Rayon Sports wavuye mu kibuga yataye ubwenge ku mukino na Musanze FC
•
Rutahizamu wa Rayon Sports, Rudasingwa Prince,yagonganye na Muhire Anicet ( Gasongo ) wa Musanze FC mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium birangira ajyanwe mu bitaro n’Imbangukiragutabara. Iyi mpanuka ikomeye yabaye muri uyu mukino wahuje Rayon Sports na musanze FC, yagaragaye ku munota wa 89 ubwo Muhire Anicet wa Musanze FC yagonganaga…
Rwanda: Ahantu 226 hagiye kwimurwa abantu byihutirwa nyuma yo gusanga ari mu manegeka
•
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi ivuga ko yamaze kubarura ahantu 226 hirya no hino mu gihugu hashobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abahatuye kubera ibiza. Mu mpera z’ukwezi kwa 3 abahatuye bazaba bahakuwe hirindwa ko imvura y’itumba yabagiraho ingaruka. Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere cyatangaje ko imvura y’itumba igwa mu kwezi kwa 3 ukwa 4 n’ukwa 5 izaba…
Rusizi: Yirukanwe burundu ku ishuri nyuma yo kwerekana umukunzi we ku munsi wa Saint Valentin
•
Umusore w’imyaka 22 wigaga Imibare, Ubutabire n’Ibinyabuzima (MCB) muri Koleji ya Nkanka mu Karere ka Rusizi akaba yiteguraga gukora ikizamini cya Leta, araririra mu myotsi nyuma yo kwirukanwa burundu azira kwerekana umukobwa w’umukunzi we ku itariki 14 Gashyantare ufatwa nk’umunsi w’abakundana (Saint Valentin). Uwo munsi wahuriranye n’isabukuru y’amavuko y’uwo musore byatumye akoresha mu ibanga…
RDC yababajwe cyane n’amasezerano u Rwanda ruherutse kugirana n’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi
•
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yababajwe n’amasezerano u Rwanda ruherutse kugirana na Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), y’ubufatanye mu kubyaza umusaruro urwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Aya masezerano yashyizweho umukono tariki ya 19 Gashyantare 2024, agamije ubufatanye mu ituganywa ry’amabuye y’agaciro hagamijwe kuyongerera agaciro, guhangana n’ubucukuzi bwayo butemewe n’amategeko, gushakisha…
Guinée: Gen Mamadi Doumbouya arashaka kongera igihe cy’inzibacyuho yari yarahawe
•
Itsinda rya gisirikare riyobowe na Gen Mamadi Doumbouya ryatangiye kugisha inama no gusaba ibihugu by’inshuti kurishyigikira, hakongerwa igihe inzibacyuho muri Guinée yagombaga kumara. Ikinyamakuru Africa Intelligence cyatangaje ko ubuyobozi bwa Guinée bwifuza kongera umwaka ku gihe ntarengwa bwari bwarahawe n’Umuryango wo mu Burengerazuba bwa Afurika (CEDEAO). Ubusanzwe inzibacyuho y’imyaka ibiri yagombaga kurangirana na 2024,…