Uburundi bwarunze intwaro zikomeye ku mupaka wabwo n’u Rwanda buvuga ko bwiteguye intambara
•
Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko cyiteguye intambara yashozwa n’u Rwanda. Minisitiri w’Ingabo mu Burundi, Alain Tribert Mutabazi, aremeza ko igisirikare cyongereye ingufu n’ibikoresho by’intambara ku mipaka yose, cyane cyane iyo gihana n’u Rwanda. Minisitiri Alain Tribert Mutabazi yaraye abitangarije I Bujumbura mu gihe yarimo atangaza ibyo minisiteri ayoboye yagezeho mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka…
Bruce Melody ku rutonde rw’abazatanga ibiganiro muri Rwanda Day. Dore abazatanga ibiganiro bose
•
Umunyamuziki Bruce Melodie ndetse n’umunya-Nigeria Masai Ujiri washinze Umuryango wa Giants of Africa, bari ku rutonde rw’abantu bazatanga ibiganiro muri Rwanda Day izabera i Washington D.C izitabirwa n’abantu barenga ibihumbi 13. Rwanda Day izaba ku wa Gatanu tariki 2 Gashyantare 2024 ndetse no ku wa Gatandatu tariki 3 Gashyantare 2024 mu nyubako ya Gaylord…
Umunyarwenya Feruje yahishuye ko impano ye ayikomora ku gikomere yakuranye
•
Nahimana Clemence wamamaye mu rwenya nka Feruje yagarutse ku bikorwa bye amaze kugeraho bikomeye, ariko bimwibutsa ahashize he hamubabaje ariko hakamubyarira kuba uwo ariwe uyu munsi. Feruje wamenyekanye nka Mama Rufonsina muri filime y’umuturanyi, avuga ko ibyo yagezeho byakomotse ku gikomere yakuranye cyo gusekwa kubera uburyo yavugaga, nyuma bimurambiye ahitamo kubikoresha akina filime, nuko…
Kurangiza vuba si indwara bityo ntukwiye kwihutira kunywa imiti. Dore ibyo ukwiriye gukora
•
Benshi batekereza ko kurangiza vuba ari uburwayi cyangwa ko ari ingaruko zo kwikinisha kuri bo gusa zimwe mu nzobere bemeza ko ntaho bihuriye. Hari inkuru twagiye twandika tukabafasha kumenya ibiribwa wakwifashisha cyangwa imiti wakoresha ndetse tukabaha n’izindi nama ariko iyo bigeze ku kibazo cyo kwikinisha no kurangiza vuba benshi mu bagabo bafata amafaranga yabo…
Nasambanaga n’abagabo 10 icyarimwe, bakangiraho rimwe – Ubuhamya bwa Uwimana Mariam
•
Umugore witwa Uwimana Mariamu w’abana 3 ndetse akaba umwizera wo mu Itorero rya Noyoti yatangaje uburyo uburaya yakoze bwamugizeho ingaruka. Uyu mugore watangaje ko yitwa Uwimana Mariamu ufite abana 3 yatangaje ko yabayeho mu buzima bubi cyane ndetse akabaho ababaye ariko ntayandi mahitamo afite. Yagize harimo ubwo nabazaga Umugabo nti: ” Ese ubwo urabona…
Umuvugizi wa Polisi yasubije abibaza impamvu perimi ita agaciro kandi ari impamyabumenyi
•
Umuvugizi wa Polisi, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko abantu bakwiye kumenya ko ibijyanye no gutwara ibinyabiziga bijyana n’imiterere y’umuntu ariyo mpamvu Uruhushya rwo gutwara ibinyabizi rurangiza igihe. Mu kiganiro yagiranye na RBA, ACP Boniface Rutikanga, yagarutse kuri byinshi ku bijyanye n’impushya zo gutwara ibinyabiziga n’imbogamizi abiga bafite. Abajijwe impamvu uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rurangiza…