Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Nyuma yo gushakana n’uwari umukozi wo mu rugo iwabo, ubuzima buraryoshye

    Ubwo Dennis Murimi yahuraga na Christine iwabo muri Kenya, yakoraga nk’umukozi wo mu rugo iwabo , aho yafashaga abafundi kubaka. Umubano wabo wahuye n’ikibazo kuva ugitangira, kubera ko ababyeyi be babarwanyije kuko uyu musore yari umukene. Nubwo aba bombi imibereho yabo yari itandukanye,uyu mukobwa wo mu bakire yamugumyeho. Christine yabwiye itangazamakuru ati:“Uko igihe cyagendaga…

  • Biravugwa: FARDC yibeshye irasisha Sukhoi-25 abasirikare bayo izi ko ari M23

    Amakuru ataremezwa n’uruhande na rumwe aravuga ko ingabo za Congo (FARDC) zimaze kwikora mu nda, ku musozi wa Muremure, ubwo zakoreshaga indege yazo zikarasa abasirikare babo. Umubare utaramenyekana w’ingabo za Congo waguye ku rugamba, kubera ko indege y’intambara yabo ya Sukhoi-25 yibeshye ikabarasaho. Ibi byabaye ku munsi w’ejo taliki ya 30/01/2024. Yibasiye ingabo zabo…

  • Banze gushyingura umuntu kubera ko atitabiraga gahunda z’umudugudu

    Itorero rimwe ry’ahitwa Kisii muri Kenya, ryahatiwe gutabara no gushyingura umugore, nyuma y’aho umurambo we umaze ibyumweru bitatu uryamye mu buruhukiro, abantu baranze kujya kuwufata ngo ushyingurwe. Ibi byabaye nyuma y’uko abaturage bo mu mudugudu wa Mokongonyoni mu gace ka Nyakoe, mu Ntara ya Kisii, banze gufasha muri gahunda yo gushyingura nyakwigendera Linet Kerubo…

  • AFCON2024: Afurika y’Epfo yirengeje Morocco igera muri 1/4. Uko imikino ya 1/4 iteganyijwe

    Ku nshuro ya 7,Afrika y’epfo yageze muri ¼ cy’irangiza cy’igikombe cy’Afrika nyuma yo gusezerera Maroc iyitsinze ibitego 2-0. Bafana Bafana iyi kipe yabaye nziza mu gikombe cy’Isi 2022 ikagera muri 1/2, iyitsinda ibitego 2-0. Igitego cya mbere cya Afurika y’Epfo cyabonetse ku munota wa 57 gitsinzwe na Evidence Makgopa. Ibi byatumye Maroc isatira cyane…

  • Nyuma yo kuyobora Kiyovu Sports bikanga, Général afashe umwanzuro ukomeye

    Uwahoze ari Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, yemeje ko yasezeye ku buyobozi bwa Kiyovu Sports ndetse ko nta gikorwa cy’umupira w’amaguru azongera kwitabira. Mu kiganiro kigufi yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru nyuma y’iminsi 10 asezeye ku buyobozi bw’Umuryango wa Kiyovu Sports, Général yemeje ko yeguye ku nshingano za Perezida…

  • Nyirabuja yamusabye kuryamana n’umugabo we abareba arabyanga, ibyakurikiyeho biteye agahinda

    Muri iki gitondo nibwo hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hasakaye inkuru iteye agahinda y’uyu mugore witwa  Priscilla Wangechi wo mu gace ka muranga muri Kenya yukuntu mabuja we yamusabye kuryamana n’umugabo we abareba yabyanga agafungiranwa aho imbwa Ziba. Nk’uko uyu mugore  Priscilla  abyivugira avuga ko yavuye mu ishuri ubwo nyina yabataga we n’abana…