Ibigo by’amashuri biranengwa kuraza abana ijoro kuri uyu munsi wo gutangira ibiruhuko
•
Ariko nkiri si iyicarubozo ku bana bacu: Bamwe mu babyeyi bari kuvuga ko abana biga bacumbika mu bigo bari guhohoterwa n’ibigo bigaho muri iki gihe cyo gutaha. Ibi byagarutsweho na bamwe mu babyeyi bavuga ko abana bari kurara bataryamye ahubwo bakazinduka igicuku bataha ngo Dore ko isaha ya saa 4:30 za mu gitondo agomba…
RDC: Komisiyo y’amatora yatangaje ko yagabweho ibitero birenga ibihumbi 3
•
Perezida wa komisiyo yigenga y’amatora (CENI), Dénis Kadima, yemeje ko sisitemu ya mudasobwa y’iki kigo yibasiwe n’ibitero 3,244 by’ikoranabuhanga, ku wa kabiri, tariki ya 19 Ukuboza honyine, umunsi umwe mbere y’uko amatora aba. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru bari mu kigo cya Bosolo, cyashinzwe i Gombe hagamijwe gukusanya muri rusange ibyavuye mu matora, Dénis Kadima…
Lt Gen Mubarakh Muganga yazamuwe mu ntera ahabawa ipeti risumba ayandi mu ngabo z’u Rwanda. Amateka ye
•
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yazamuye mu ntera Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, amuha ipeti rya General wuzuye. Kuwa 05 Kamena 2023 nibwo Lt Gen Mubarakah Muganga yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, avuye k’umwanya w’ Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka. Yasimbuye Gen Jean Bosco…
Leta ya Colorado yangiye Donald Trump kongera kwiyamamariza kuyobora US
•
Urukiko rw’Ikirenga rwa Colorado rwemeje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika,atemerewe kwiyamamariza kongera kwinjira muri White House kubera uruhare yagize mu gitero cyagabwe ku ngoro y’inteko ishinga amategeko,Capitol muri Mutarama 2021. Ibi byakozwe n’abari bamushyigikiye bityo akaba ngo akaba agomba kuvanwa mu bagomba gushaka majwi y’ibanze muri iyi…
Leta y’u Rwanda yavuze ku gitero Tshisekedi aherutse kwigamba ko ashobora kugaba kuri Kigali yibereye i Goma
•
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko u Rwanda rwiteguye ibitero byose byaturuka muri RDC kuko ngo rufite ibikoresho by’ubwirinzi bihagije. Ibi yabitangaje nyuma y’uko Perezida Tshisekedi avuze ko afite ubushobozi bwo kurasa i Kigali mu Rwanda yibereye i Goma. Bwana Mukuralinda yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda itabona drones zo gutwara…
Raila Odinga yavuze ku muyobozi wo muri Kenya wibasiye U Rwanda na Perezida Kagame
•
Umuyobozi w’ihuriro rya Azimio La Umoja, Raila Odinga, yamaganye amagambo atavugwaho rumwe y’Umunyamabanga muri Minisitiri ushinzwe ubwikorezi n’imirimo rusange muri Kenya,Kipchumba Murkomen wumvikanye anenga imiyoborere y’u Rwanda. Murkomen yavugiye mu kiganiro n’Abanyamakuru ku wa mbere ko, Kenya idakwiye kugereranywa n’u Rwanda mu bijyanye n’iterambere, avuga ko mu gihe Kenya ari igihugu kigendera kuri demokarasi,u…