Abantu bagize ikikango, nyuma y’uko abaturage bigabije inzu y’umuturanyi ku manywa y’ihangu n’amapiki bararimbagura
•
Mu masaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19 Ukuboza 2023, ku Ruyenzi mu Murenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi abaturage bigabije igipangu cy’umuturage Nzeyimana Jean baragisenya, bikekwako ari abo mu muryango w’uwahoze ari nyir’iyo iyo mitungo bivugwako yaguzwe muri cyamunara ya GT Bank. Birakekwa ko…
Ubanza barandoze kwambara ubusa munsengere! Jacky wamenyekanye cyane mu kwiyambika ubusa mu ruhame, yemeje ko yazinutswe iyo ngeso atazayisubira ukundi
•
Mu kiganiro cyatambukaga ku muyoboro wa Youtube uzwi nka XLarge, umunyarwandakazi uzwi ku izina rya Jacky, yasabye imbabazi abanyarwanda bose muri rusange ku bikorwa yiyemereye ko bigayitse yakoze byo kwishyira ku karubanda yiyambitse ubusa, aho yakwirakwizaga amafoto ye yambaye ubusa abinyujije ku mbuga nkoranyambaga akoresha. Uyu mukobwa utazuyaje gusaba imbabazi, yavuzeko mu mutima nama…
Leta y’u Rwanda yagabanije umusoro ku mazu yo guturamo n’ay’Ubucuruzi
•
Mu rwego rwo kuzamura ubukungu no korohereza abafite imitungo irimo amazu, guverinoma yatangaje igabanywa ry’imisoro ku mazu. Ku cyumweru, tariki ya 17 Ukuboza, Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Uzziel Ndagijimana, yatangaje aya mavugurura, ubwo yaganiraga na Televiziyo y’u Rwanda. Amazu afite amagorofa atatu azishyura 0.25%, munsi ya 0.5% y’umusoro wari uriho. Abafite inzu z’amagorofa arenga atatu…
Umuyobozi wa APR FC yazamuwe mu mapeti
•
Chairman wa APR FC, RICHARD Karasira ari mu basirikare Perezida Kagame yazamuye mu mapeti aho yavuye ku ipeti rya Lieutenant Colonel agirwa Colonel mu ngabo z’u Rwanda. Richard Karasira, yahawe ipeti rya Colonel nyuma y’imyaka umunani afite irya Lieutenant Colonel. Ku wa Gatanu tariki ya 23 Kamena 2023 nibwo hatangajwe ko ikipe y’ingabo z’igihugu…
Muhanga: Ikamyo yacomotseho kontineri isubira inyuma igonga imodoka yari iyikurikiye
•
Ikamyo yatereraga umusozi yatunguranye ubwo icy’inyuma cyayo gihetse kontineri cyacomokaga, maze gisubira inyuma kigonga imodoka yari inyuma irimo abantu babiri bahise bakomereka. Byabaye ku wa 18 Ukuboza 2023, ubwo iyo kamyo yavaga mu Mujyi wa Kigali yerekeza i Muhanga igacomoka igeze mu Murenge wa Cyeza, Akagari ka kivumu mu Mudugudu wa Musengo. Umuvugizi wa…
Uwase Fiona Wafotowe Amabere Ye Yose Ari Ku Karubanda, Mu Marira N’agahinda
•
Umunyarwandakazi witwa Uwase Fiona wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye yagaragaye ari mu gitaramo cya Dany Nanone yizihiwe bikarangira amabere ye agiye ku karubanda ubu byafashe Indi ntera Ni mu mashusho uyu mukobwa ari guta amarira byumvikana ko afite agahinda yatewe n’uwa fotoye ariya mafoto yarangiza akayashyira hanze. Gusa we yumvaga ko…