Umusifuzi Mukansanga Salima yazamutse mu ntera
•
FIFA yemeje abasifuzi mpuzamahanga 17 mu Rwanda mu 2024, Mukansanga Salima ahabwa ‘ibyangombwa” bibiri birimo n’icya VAR. Muri abo basifuzi, umushya ni Akimana Juliette usifura ku ruhande aho yasimbuye Nyinawabari Speciose wasezeye. Juliette wasifuye umukino wa Kiyovu Sports 2-1 Etincelles asimbuye Nyinawabari Speciose wasezeye agiye mu za bukuru akaba ubu ari commissaire. Abasifuzi 17…
Another Tanzanian student was killed by Hamas in Israel
•
A Tanzanian student who was previously reported to have been kidnapped by Hamas in Israel, the Tanzanian government has confirmed that he has been killed. Joshua Mollel was working as an agricultural intern in a village attacked by Hamas gunmen on October 7 (10) this year. Tanzanian Foreign Minister January Makamba says Mollel was…
Kenya becomes the first country to waive visas for Africans
•
The President of Kenya, William Ruto, has announced that from the month of May 2024, no foreigner will be denied a visa to enter the country under his leadership. President Ruto made this decision a few days after announcing that from December 2023, any African will be allowed to enter Kenya without a visa.…
A mother who was imprisoned for 20 years for killing her 4 children has been acquitted
•
A woman once dubbed “Australia’s worst mother” has been cleared of murdering her four children. The Supreme Court of New South Wales on Thursday concluded that the testimony relied on by the court to testify against Kathleen Folbigg was “not credible”. In June (6) this year, this 56-year-old woman was released and granted amnesty,…
Umugore yanyirukanye mu nzu, ansambaniraho – Umugabo yagerageje kwiyahura nyuma yo kuvumbura ubusambanyi ku mugore we ararusimbuka
•
Mu karere ka Kicukiro hakomeje kuvugwa inkuru y’umugabo mugabo witwa Nizeyimana Mustafa utabaza ngo nyuma yuko umugore we basezeranye imbere y’amategeko, Mukanyandwi Alice yamwirukanye mu nzu. Mbere y’uko uyu mugabo utuye mu kagari ka Bwabutenge mu Murenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, yirukanwa n’umugore we mu nzu, amakuru avuga ko yagerageje kwiyahura muri Nyabarongo…
I Karongi, Ibyakorewe abasore babiri bafatanywe ibitoki bibye, byazamuye amarangamutima ya benshi
•
Kuri uyu wa 13 Ukuboza 2023, mu Mudugudu wa Cyimana Akagari ka Kibilizi Umurenge wa Rubengera wo mu Karere ka Karongi, abasore babiri bafatanywe ibitoki bibye bagategekwa kubihekenya ari bibisi bakabimara. Saa Kumi n’Imwe za mu gitondo ni bwo umwe mu baturage bo mu mudugudu wa Cyimana yageze mu rutoki rwe asanga abajura…