RUBAVU: Urukiko rwasubitse urubanza ruregwamo 18, bashinjwa kwica Imfungwa no kuzikorera iyicarubozo muri Gereza
•
Kuri uyu wa 14 Ukuboza 2023, Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu rwasubitse urubanza rw’abantu 18 baregwa kwica no gukorera iyicarubozo zimwe mu mfungwa zari zifungiye muri gereza ya Rubavu, mu burengerazuba bw’u Rwanda. Abagejejwe imbere y’urukiko barimo Innocent Kayumba wayoboraga iyo gereza ubwo ibyaha byakorwaga, barimo kandi n’abandi bakozi ba gereza bo ku rwego rwo…
UR: Abanyeshuri bagurishije Mudasobwa bahawe ku nguzanyo ya Buruse, bategetswe kuzishyura mu maguru mashya
•
Muri Nzeri uyu mwaka ni bwo Kaminuza y’u Rwanda yasubukuye gahunda yo guha mudasobwa abanyeshuri babarirwa muri 30,000; biciye muri gahunda yitwa Minuza. Iyi Kaminuza yasubukuye iyi gahunda nyuma y’igihe yarasubitswe, kuko ubuziranenge bwa mudasobwa zari zimaze igihe zitangwa butavugwagaho rumwe. Hari amakuru avuga ko hari bamwe mu banyeshuri bagurishije mudasobwa bahawe, ari na…
Timber of Arsenal shared his experience after visiting Rwanda
•
Arsenal FC defender Jurrien Timber, who is currently in Rwanda on a three-day visit, described it as “amazing” and “exciting”. Together with his girlfriend, the Dutch international player arrived at Kigali International Airport on Thursday, December 14, for a three-day visit that will include various activities including meeting and socializing with young people. This…
FIFA has announced three shortlisted players for the World Player of the Year award
•
Top strikers including Erling Haaland, Kylian Mbappe and Lionel Messi have been nominated for the Best FIFA Men’s Player Award 2023. This award is for the best player in men’s soccer from December 19, 2022 to August 20, 2023. The winner of this prestigious award will be announced at an event in London on…
Uwayezu Jean Fidèle yahaye impano ikomeye Muhire Kevin wasezeranye n’umugore we
•
Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yagabiye inka Muhire Kevin na Cyuzuzo Delphine bateye intambwe yo kubana nk’umugabo n’umugore mu buryo bwemewe n’amategeko. Kuri uyu Kane tariki 14 Ukuboza 2023, nibwo Muhire Kevin yasezeranye mu mategeko na Cyuzuzo Delphine mu muhango wabereye mu Murenge wa Kimisagara kuri uyu wa Kane.
Hatowe abakinnyi 11 beza kurusha abandi muri Shampiyona y’u Rwanda uyu mwaka
•
Mu gihe shampiyona ya Rwanda Premier League yasojwe ikipe ya APR FC ariyo iziyoboye abanyamakuru ba RBA bakora ikiganiro urubuga rw’imikino batoye abakinnyi 11 bitwaye neza mu gice cya mbere cya shampiyona y’u Rwanda aho hatagaragayemo umugande Joackiam Ojera ndetse na Hakizimana Muhadjir. Dore abakinnyi 11 beza batowe n’abanyamakuru b’urubuga rw’imikino: 1. Pavelh Ndzila…