Titi Brown wafunguwe agizwe umwere, yaganirije abantu ibye amarira abazenga mu maso
•
Kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023, ni bwo umubyinnyi Titi Brown yagizwe umwere ku cyaha cyo gusambanya no gutera inda umwana utarageza imyaka y’ubukure. Uyu musire yahise asohoka mu Igororero rya Magerager,yakirwa n’abanyamakuru benshi aho yababwiye ko akeneye ubufasha kuko imyaka ibiri amaze afunzwe yamuteye ihungabana. Titi Brown yavuze ko akeneye abantu, ati “Ntababeshye,…
Imana imwakire mu bayo – Umusaza wakoraga ikiyede yahanutse kuri etaje ya 4 agwa hasi atwaye sima ahita apfa
•
Kuri uyu wa Gatanu mu masaha ya saa Tatu za mu gitondo mu mujyi wa Kigali hamenyekanye inkuru y’incamugongo aho umusaza w’imyaka 53 y’amavuko witwa Uwizeyimana Athanase yahanutse kuri Etaje ya kane maze agwa hasi kuri beto kuri Etaje ya mbere ahita apfa. Uwizeyimana Athanase wari usanzwe akora imirimo y’ikiyede muri etaje y’uwitwa Rumongi…
Capt Rukatura wo muri FARDC yishwe n’abaturage bamuziza ko ari Umututsi
•
Kapiteni Gisore Rukatura wari umusirikare mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yishwe atwitswe n’abaturage kuri uyu wa Kane azira ko ari Umututsi. Uyu musirikare yiciwe mu gace ka Ndosho i Goma ubwo yari avuye ku kazi, agategwa n’abaturage bamushinjaga kuba Umututsi ukorana na M23. Amashusho yashyizwe hanze n’abarimo Perezida wa M23,…
Ibyo CG (Rtd) Gasana ashinjwa n’uko yabikoze byamenyekanye
•
CG (Rtd) Gasana Emmanuel wamenyekanye mu mirimo itandukanye mu Rwanda,yatangiye kuburanishwa imbere y’urukikorwa Nyagatare kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023. . Akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo: . Gusaba no kwakira indonke ngo akore ikiri mu nshingano ze . Gukoresha ububasha mu nyungu ze bwite Bwa mbere ubwo Gasana yagezwaga imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyagatare mu…
Icyatumye undi musirikari yicwa atwitswe muri Congo, cyababaje benshi, amarangamutima yabo arazamuka
•
Capitaine Gisore Rukatura (Kabongo) wari umusirikare mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yishwe atwitswe n’abaturage kuri uyu wa Kane azira ko ari Umututsi. Uyu musirikare yiciwe mu gace ka Ndosho i Goma ubwo yari avuye ku kazi, agategwa n’abaturage bamushinjaga kuba Umututsi ukorana na M23. Amashusho yashyizwe hanze agaragaza Gisore…
Titi Brown wari umaze imyaka 2 afunze, yagizwe umwere, urukiko rutegeka ko ahita arekurwa
•
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko Ishimwe Thiery [Titi Brown] ari umwere ku cyaha cyo Gusambanya umwana. Urukiko rutegetse ko Ishimwe Thiery ahita afungurwa akimara gusomerwa, nyuma y’imyaka isaga ibiri afungiye muri Gereza ya Mageragere. Urukiko rw’isumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cy’indishyi cya M.J. nta shingiro gifite n’icyo kwiregura ku ndishyi cya Ishimwe…