-
Abasirikare batatu b’u Rwanda baguye ku rugamba batandatu barakomereka nyuma yo kugwa muri Ambush batezwe n’umwanzi
•
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko abasirikare batatu bacyo bari mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, baguye mu gico batezwe n’ibyihebe, abandi batandatu bagakomereka. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bwa RDF rivuga ko icyo gitero cyabaye mu ishyamba ry’inzitane rya Katupa, riri mu Karere ka Macomia, ahari ibikorwa bikomeye…
-
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi arashaka kuza mu Rwanda ngo asabe imbabazi mu ibanga rikomeye!
•
Mu gihe umwuka ukomeje kuba mubi hagati y’u Rwanda n’u Burundi, amakuru yizewe agera ku bitangazamakuru atangaza ko Perezida Evariste Ndayishimiye ashobora kuza mu Rwanda mu ibanga rikomeye, agamije gusaba imbabazi no gutangira inzira nshya y’ubwiyunge hagati y’ibihugu byombi. Ibi bivuzwe mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu rugendo rwo gushaka…
-
Perezida Tshisekedi yahakanye ibyo kugurisha amabuye y’agaciro ya Congo ku Banyamerika
•
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yanyomoje amakuru amushinja kugurisha umutungo kamere w’igihugu cye ku nyungu z’Amerika, avuga ko ayo makuru ari ibinyoma bigamije guca igikuba ku bufatanye bushya buri kugeragezwa hagati y’igihugu cye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu muyobozi yatangiye ibiganiro na Amerika muri Gashyantare 2025, agamije gushaka…
-
Bihinduye isura: AFC/M23 ifashe akandi gace kuzuyemo amabuye y’agaciro
•
Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwagura ibikorwa byaryo bya gisirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Kabiri ryigaruriye agace ka Luciga, gaherereye muri Chefferie ya Luhwinja, Teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyi ntambwe nshya ya AFC/M23 yatewe nyuma y’imirwano yamaze amasaha make mu gitondo cyo kuri…
-
Umugore ubyara abazwe ni incuro zingahe atagomba kurenza? Ese iyo azirengeje bigenda gute? Sobanukirwa
•
Ni inshuro zingahe umugore ashobora kubagwa abyara? Iki ni ikibazo gikunze kubazwa n’ababyeyi benshi, cyane cyane iyo muganga avuze ko hakenewe kubyara biciye mu buryo bwo kubagwa buzwi nka “césarienne”, cyane ku bagore bifuza kubyara abandi bana mu gihe kizaza. Kubagwa bufatwa nka bumwe mu buryo bwizewe bwo kubyaza abagore. Ubushakashatsi bwerekanye ko nubwo…
-
RIP Murihano David: Abantu batatu bo mu muryango umwe bishwe barashwe bizamura umujinya wa benshi
•
Mu mpera z’icyumweru gishize, abantu batatu bo mu muryango umwe batuye mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishwe barashwe n’abantu bataramenyekana, mu gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi. Nk’uko byemezwa n’amakuru atandukanye, abicanyi bateye urugo rwa Murihano David ahagana saa sita n’igice z’ijoro. Umwe muri bo…