RIP Ikoricyiza Eric: Umusore yitabye Imana agerageza kwemeza umukobwa w’imyaka 17 uvuga ko yabuze umugabo wamwemeza
•
Mu gihugu cy’u Burundi inkuru y’akababaro ikomeje gukwirakwira hose nyuma yuko umusore witwa Ikoricyiza Eric apfuye ari gutera akabariro. Uyu Ikoricyiza Eric wari ufite imyaka 23 yapfuye ari kugerageza kwemeza umukobwa w’imyaka 17 witwa Grace uhora avuga ko yabuze umugabo numwe wamwemeza mu bagabo baryamanye. Amakuru Avuga ko ubwo uyu musore yumvaga uyu mukobwa…
Umugabo yishe umuturanyi we wahoraga amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 yose
•
Umugabo wo muri Indonesia witwa Parlindungan yishe umuturanyi we w’imyaka 60 , wamuhozaga ku nkeke amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 nk’uko yireguye. Ku myaka 60 , nyakwigendera yahoraga abaza umuturanyi we Parlindungan impamvu agejeje ku myaka 45 atari yazana umugore nyamara akuze bigaragara. Amakuru avuga ko ku wa 29 Nyakanga 2024,…
Shakib Cham yavuze impamvu adashobora kubyarana na Zari Hassan
•
Shakib Cham Luutaya yavuze ko umugore we Zarinah Hassan yamaze kugera mu myaka yo gucura bityo ko batazigera babyarana ngo bagure umuryango wabo. Intonganya za Zari Hassan n’umugabo we Shakib Cham zirakomeje aho kugeza ubu umugabo yavuze ko umugore we yacuze bityo ko badashobora kubyarana. Shakib avuze ibi nyuma y’aho umugore we asuwe na…
Hari ibihugu 2 bya Afurika byahejwe mu muhango w’irahira rya Perezida Kagame
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yemeje ko ibihugu 52 muri 54 bigize umugabane wa Afurika byatumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame. Ku Cyumweru tariki ya 11 Kanama ni bwo Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda nshya y’imyaka itanu iri imbere, mu birori byabereye muri Stade Amahoro i Remera. Ni…
Umugore n’abana be bane bapfiriye mu mpanuka ikomeye
•
Abagize umuryango w’abantu batanu bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu gace ka Mbaruk hafi y’umuhanda wa Nakuru-Nairobi. Aba uko ari batanu bari barimo umugore n’abana be bose babahungu. Iyi mpanuka yabaye saa moya za mugitondo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Kanama 2024, ubwo imodoka ya Mercedes yari itwawe n’umushoferi uzwi nka Christopher…
Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente Edouard wongeye kugirwa Minisitiri w’intebe w’u Rwanda
•
Mu myaka irindwi amaze muri izi nshingano ashimirwa kuba muri Guverinoma icyuye igihe hashyizwe imbere kubazwa inshingano bidasanzwe ku bagize Guverinoma, ndetse abitwaye nabi bagahita bakurwa mu myanya kandi bikamenyeshwa abaturage. Dr. Ngirente Edouard yavukiye i Mbirima na Mutovu mu Kagari ka Mbilima mu Murenge wa Coko ho mu Karere ka Gakenke mu Ntara…