Latest post

Abarimu batazi icyongereza bagiye kwirukanwa mu mashuri abanza n’ayisumbuye

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo kongera abarimu bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye, ariko bateganya gutanga isuzuma ry’icyongereza. Abarimu bazasanga batazi urwo rurimi bazakurwa mu kazi. Yabigarutseho ubwo kuri uyu wa Kane, tariki ya 19…

Umusaza w’imyaka 62 yasanze umugore we asambana n’abagabo 2 icyarimwe ibyo bamukoreye ni agahomamunwa

Mu Murenge wa Kabare, Akarere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’akababaro y’umusaza w’imyaka 62 witabye Imana nyuma yo gukubitwa bikomeye n’abantu basanzwe bazwi muri ako gace. Nk’uko amakuru dukesha TV1 abivuga, uwo musaza bivugwa ko yasanze umugore we babanaga mu buryo…

Nyaruguru: Pasitoro yacyuye umugore w’undi mugabo ngo amurarane birangira amupfiriyeho

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje rwataye muri yombi Umupasiteri usanzwe ari n’Umuyobozi ushinzwe ubutaka, imiturire n’ibikorwaremezo mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi. Yatawe muri yombi ku wa 15 Kamena 2025. Umuvugizi w’Urwego wa RIB, Dr….

Kigali: Haje imodoka ikubura ikanakoropa imihanda

Umujyi wa Kigali watangiye kwifashisha imodoka idasanzwe ikoresha ikoranabuhanga rigezweho mu gukubura no gukoropa imihanda ya kaburimbo. Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma-Claudine Ntirenganya, yavuze ko iyo modoka yifashisha ibiroso n’ubundi buryo bw’ikoranabuhanga mu gusukura, kandi ikaba idateza ivumbi cyangwa indi…

Uganda: Intambara yongeye kurota hagati y’umuvandimwe wa Museveni na muramukazi wa Gen Muhoozi

Intambara y’amagambo yongeye kurota hagati ya Sodo Aine Kaguta, murumuna wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Shartsi Kutesa Musherure, bapfa umwanya mu Nteko Ishinga Amategeko. Shartsi Kutesa Nayebare Musherure ni umukobwa wa Sam Kutesa wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga…

AFC/M23 ihanganiye na Wazalendo mu bice bitandukanye

Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 n’abo mu mitwe ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahanganiye mu bice bitandukanye byo mu burasirazuba bw’iki gihugu. Mu gace ka Nyangezi na Lurhala muri teritwari ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,…

“Umwana akina n’ibere rya nyina…”: Tricia, umugore wa Tom Close yahaye igisubizo gikakaye umunyamaku wavuze ko Tom Close yakabirijwe mu muziki

Niyonshuti Ange Tricia, yagaragaje ko yababajwe bikomeye n’umunyamakuru Ngabo Roben wavuze ko Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close ari we muhanzi wakabirijwe kurusha abandi mu mateka y’umuziki nyarwanda, kuva mu myaka 30 ishize. Tricia yanditse ubu butumwa kuri uyu wa…

Israel yarubiye, Iran irasa ibitaro bikomeye ari ko ikubita agatoki ku kandi: Intambara yahinduye isura

Intambara ya Israel na Iran yinjiye mu munsi wa karindwi, Iran isuka ibisasu byinshi ku minjyi itandukanye ya Israel hakomereka abantu 65. Israel yabaye nk’intare bapfuye umugara yahise itegeka abasirikare gukaza ibitero bagahungabanya ubutegetsi bwa Iran. Ingabo za Israel zatangaje…

Umuryango wa Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we usubizwa mu gihugu cye

Umuryango wa Edgar Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we ukurwa muri Afurika y’Epfo ngo ujyanywe gushyingurwa mu gihugu cye. Nyuma y’imyiteguro itandukanye n’ibiganiro na Leta ya Zambia byari biteganyijwe ko umurambo wa Edgar Lungu usubizwa mu gihugu ku wa…

Indi Bisi itwara abagenzi ikoresha amashanyarazi yakoze impanuka

Imodoka ya bisi ikoresha amashyarazi y’imwe muri sosiyete itwara abagenzi, yakoreye impanuka mu muhanda Kigali-Muhanga nyuma y’iminsi micye hari indi iyikoreye muri Gare ya Nyabugogo. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda Kigali-Muhanga ahazwi nko ku Kivumu mu Murenge wa Cyeza mu…