Yandongoye ku manywa y’ihangu ndi akana gato kiga secondaire nyuma antana abana – Ubuhamya bwa Nema
•
Nena ni umugore w’imyaka 33 akaba afite abana 5 yabyaranye n’umugabo we usanzwe ari umusirikare mu ngano z’u Rwanda. Uyu mugore avuga ko kugirango abane n’umugabo we yamuteruye avuye ku ishuri. Ibi ngo byorohejwe n’uko uyu mugabo yari incuti na se Kandi nawee akaba yarakundaga kubabonana. Umunsi umwe rero ngo ubwo yari avuye ku…
Kylian Mbappe yakiriwe muri Real Madrid mu birori bidasanzwe – Amafoto
•
Hari hashize iminsi myinshi abakunzi ba Real Madrid bategereje rutahizamu ukomeye w’Umufaransa Kylian Mbappé ariko mu buryo budasubirwaho yamaze kwerekanwa no guhabwa ikaze. Ni ibirori by’akataraboneka byabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nyakanga 2024, byitabirwa n’abafana, abakinnyi ndetse na bamwe mu banyabigwi ba Real Madrid mu bihe bitandukanye barimo na Zinedine Zidane…
Ibi ni iby’agateganyo dutegereje ibisesuye Umukandida Mpayimana
•
Umukandida wigenga Mpayimana Phillippe, yagaragaje ko ibyibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu ari iby’agateganyo, agaragaza ko agifite icyizere mu gihe hagitegerejwe itangazwa ry’umwanzuro ntakuka w’ibyavuye mu matora. Iby’ibanze byavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika byatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024 saa yine z’ijoro, bitangazwa na Komisiyo…
Musenyeri Dr. Mathias Ssekamanya yagaye ababyeyi bashyira imbere imihango y’ubukwe bigasiga abana iheruheru
•
Musenyeri Dr. Mathias Ssekamanya wayoboye Diyosezi Gatolika ya Lugazi muri Uganda, yasabye ababyeyi kutarangarana abana babo biyemeje gufata umwanzuro wo gushinga urugo, kuko bahura n’impinduka nyinshi zibatera gusenya cyangwa kubana nabi. Uyu mukozi w’Imana avuga ko ababyeyi batererana abana babo bibwira ko bakuze bihagije badakeneye inama zabo, bagera mu rugo kubaka bikababera ikibazo kibakomereye…
FARDC yasabye abaturage imbabazi nyuma yo kwamburwa ibice byinshi na M23
•
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyasabye abaturage kucyihanganira nyuma yo kwamburwa ibice byinshi n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Mu ruzinduko Umugaba Mukuru Wungirije w’Ingabo za RDC ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi, Gen Maj Jacques Ychaligonza Nduru, yagiriye muri teritwari ya Beni kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024,…
Umugore yatumye umujinya wa benshi uzamuka ubwo yavugaga impamvu yatumye aca umugabo we igits1na
•
Umugore witwa Susan Namuganza w’imyaka 34 wo muri Uganda, yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo gukata imyanya y’ibanga y’umugabo we Pasiteri Moses Kawubanya w’imyaka 45 akanamwiba amafaranga akayatorokana. Ibinyamakuru byandikira muri Uganda birimo Daily Monitor, kuwa 03 Nyakanga byatangaje ko uwo mugore yamaze gutabwa muri yombi na Polisi ya Uganda, nyuma yo kumusanga ari…