Abagabo: Wari uzi ko kugeza kure igits1na cyawe igihe ukora imibona1no bishobora kwangiza umugore wawe mu buryo bukomeye? Sobanukirwa
•
Benshi mu bagabo batekereza ko kugeza kure igits1na aribyo bigaragaza ko bazi gutera akabariro, nyamara ni ukwibeshya cyane. Ibi byangiza umugore wawe cyane ku rwego utari uzi ko byageraho. Muri iyi nkuru uragirwa inama yo kutageza kure igitsi1na cyawe, mu gihe uri gutera akabariro hamwe n’uwo mwashakanye. Hagati ya nyababyeyi n’igitsi1na gore harimo inzira…
Bamwe babikora bagirango bemeze abandi bakabiterwa no kutamenya. Dore ibice 5 umugabo adakwiye gukoraho ku mugore mu gihe cy’akabariro
•
Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere bemeza ko mu gihe abantu bari mu gikorwa cy’Imibon1no Mpuzabits1na, bashobora gutwarwa kugeza ubwo bumva nta rutangira igihari haba mu magambo bavuga cyangwa ahantu bashobora gukoranaho. Ku rundi ruhande abari muri icyo gikorwa bagirwa inama yo kwitonda kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo. Hari ibice…
Ukraine yemerewe kurasa imbere mu Burusiya ikoresheje intwaro za Amerika aho ivuga ko byatangiye gutanga umusaruro
•
Nyuma y’imyaka irenga ibiri y’urugamba, kera kabaye Ukraine yemerewe na Amerika n’abambari bayo gukoresha intwaro yayihaye n’izindi yahawe n’abo mu Burengerazuba bw’Isi igaba ibitero imbere mu Burusiya. Ni icyemezo cyantangiye no gushyirwa mu bikorwa, aho uruhande rwa Ukraine rutangaza ko cyatangiye no gutanga umusaruro mu guhangana n’ingabo z’u Burusiya. Umwe mu bayobozi b’urwego rushinzwe…
Euro2024: Espagne yatsinze Ubwongereza yegukana iki gikombe ku ncuro ya kane
•
Ikipe y’Igihugu ya Espagne yegukanye Igikombe cya Euro 2024 ku nshuro ya kane nyuma yo gutsinda ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wakinwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 14 Nyakanga 2024. Umukino watangiranye imbaraga ariko amakipe yombi akinira mu kibuga hagati ariko kugera imbere y’izamu ku mpande zombi bigakomeza kugorana kubera ubwugarizi bwari buhagaze…
Argentine yegukanye Copa America ya 16 Iba iya mbere ibikoze Di Maria asezera neza
•
Argentine yabaye ikipe ya mbere yegukanye irushanwa rya Copa América inshuro nyinshi (16) nyuma yo gutsinda bigoranye Colombia igitego 1-0 cya Lautaro Martínez, mu mukino wa nyuma wabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024. Uyu mukino watinze gutangira kubera imvururu zatewe na bamwe mu bafana amagana ba Colombia…
Trump Yari abaye uwa kabiri wishwe kuwa Gatandatu. Ihuriro ry’iri raswa n’iry’abandi baperezida 4 bose ba USA bishwe barashwe
•
Mu baperezida 45 bategetse Leta zunze ubumwe za Amerika bane (4) barishwe kandi bicirwa muri Amerika barashwe, batatu muri bo bishwe ari kuwa gatanu, undi umwe ari kuwa gatandatu. Ku wa Gatandatu taliki ya 13 Nyakanga ni bwo Donald Trump yarasiwe aho yari yagiye kwiyamamariza nyuma n’ amsegonda make atangiye imbwirwaruhame ye araswa n’umusore…