APR FC yatangaje abakinnyi bashya yasinyishije
•
Ikipe ya APR FC yerekanye abakinnyi bane b’Abanyarwanda yasinyishije, barimo Tuyisenge Arsene yakuye muri Rayon Sports, Mugiraneza Frodouard wahoze muri Kiyovu Sports, Dushimimana Olivier wavuye muri Bugesera FC na Byiringiro Gilbert wakiniraga Marines FC. TUYISENGE ARSENE usanzwe akina aca ku mpande,yageze muri APR FC nyuma yo kurangiza amasezerano ye muri Rayon Sports. DUSHIMIMANA OLIVIER…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Ariel ndetse n’uko abaryitwa bitwara
•
Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, iwacumarket igiye kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Izina Ariel rifite inkomoko mu rurimi rw’Igiheburayo risobanura ‘Intare y’Imana.’ Bigendanye n’inkomoko yaryo, izina Ariel rihabwa abana b’abahungu, mu gihe ab’abakobwa babita Ariela, Ariella, cyangwa Arielle mu rurimi rw’Igifaransa. Muri…
Safi Madiba yamaze kuba umunya-Canada nyuma y’urugendo rw’imyaka isaga 4
•
Umuhanzi w’umunyarwanda, Niyibikora Safi wamenye nka Safi Madiba yatangaje ko ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko ahawe ubwenegihugu bwa Canada. Yifashishije konti ye ya Instagram, yasohoye urupapuro rugaragaza ko yabaye umwenegihugu wa Canada, guhera kuri uyu wa Mbere tariki 17 Kamena 2024. Bisa n’aho ari itariki idasanzwe mu rugendo rwe rw’ubuzima, kuko imyaka ine…
Dore ibyo ugomba kwitondera igihe utera akabariro ukababara. Iki ni ikimenyetso kikuburira
•
Niba ukunze kubabara mu gihe cyangwa nyuma yo gukora imibona1no mpuzabitsi1na, umubiri wawe uba uri kugerageza kukuburira ko hari ikitagenda neza, ntugomba kubyirengagiza, ahubwo ugomba kwihutira kugana kwa muganga, ukamenya neza ikibitera. Akenshi kubabara nyuma yo gukora imibona1no mpuzabitsi1na, biterwa n’impamvu zitandukanye. Zimwe muri zo, harimo: -Uburwayi mu mubiri -Ikibazo mu myanya ndagagitsina -Ikibazo…
Harimo n’urupfu: Dore ingaruka zikomeye umuntu wica ikinyenzi agikandagiye cyangwa agikubise urukweto ashobora guhura nazo abantu batazi
•
Nta muntu n’umwe wishimira kubona ibinyenzi mu nzu ye, Iyi niyo mpamvu bamwe muri twe iyo babibonye babikandagira mu buryo bwo kubyica nyamara ubushakashatsi bugaragaza ko ibi byashyira ubuzima bwacu mu kaga. Nubona ikinyenzi aho ari ho hose kugikandagira hejuru ukacyica ntibizabe igisubizo cya mbere kuko ibi bishobora kugukururira ibyago bikomeye. Ishami ry’umuryango w’Abibumbye…
Agakono k’abapapa gakomeje kurikoroza mu karere ka Burera. Abagabo n’abagore ntibibivugaho rumwe gusa abana nib birengera ingaruka
•
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Cyanika ,bamwe mu babyeyi baratabaza aho bavuga ko agakono k’ abapapa kagiye gutuma abana babo bajya mu mutuku. Ibi aba babyeyi babivuze nyuma y’ uko abagabo babo bishyiriyeho gahunda idahwitse bise agakono k’abapapa bahaha ibiryo bakabirya bonyine babyitekeye ubwabo cyangwa se babisabye abagore babo, ibi ngo bikaba…