Impanuka Kylian Mbappe yaraye agiriye mu kibuga yatumwe azagaragara mu isura nshya mu kibuga
•
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bufaransa, FFF ryatangaje ko nyuma y’isuzuma ry’ibanze byagaragaye ko Kapiteni Kylian Mbappé yavunitse izuru mu mukino wa mbere w’Abafaransa bakinagamo na Autriche mu ijoro ryakeye, icyakora ntabwo azabagwa. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ubwo hakomezaga imikino yo mu Itsinda D mu irushanwa ry’Igikombe cy’u Burayi Euro wahuje Autriche…
Umufana wa Rayon Sports yatabaje Perezida Kagame ngo abakize agahinda baterwa na Jean Fidèle uyiyobora
•
Umukunzi wa Rayon Sports yatuye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agahinda abafana b’iyi kipe baterwa na Perezida Uwayezu Jean Fidèle uyiyobora, maze asaba Umukuru w’Igihugu ko yakabakiza. Ni ibyo uwitwa “KJD TV Rwanda” ku rubuga rwa YouTube yanyujije ahagenewe ubutumwa [Comment Section] ubwo Perezida Paul Kagame yari ari kugirana ikiganiro n’Urwego rw’Igihugu…
Umugore yarashe umugabo wari usanzwe ari umusirikare ahita apfa
•
Umusirikare mu gisirikare cya Repubulka Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yishwe arashwe n’umugore we nyuma yo gushyamirana bagatongana hafi ku rwana. Ibi byabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri teritwari ya Kalehe mu ijoro rishyira ku Cyumweru taliki 16 Kamena 2024. Amakuru avuga ko mbere y’uko uyu musirikare witwa Kito Timothee araswa, ngo yabanje…
Umugabo witwa Nzaramba David yaguwe gitumo yiha akabyizi ku mugore w’abandi muri Butike benshi batungurwa n’ibyo uyu mugore wari wizihiwe yahise akorera ubuyobozi
•
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Muko mu kagari ka Kabudundu, umugabo yafashwe asambanyiriza umugore w’abandi muri butiki. Ahagana muma saa cyenda z’ijorozo ryo kuwa 13 Mata 2022 nibwo Uwitwa Nyirahabimana Leonille, yahurujwe abwirwa ko umugabo we Nzaramba David aryamanye n’undi mugore muri butiki yabo ubusanzwe uwo mugabo yararagamo. Abaturanyi bakomeza bavuga ko umunsi…
Kimisagara: Umugabo yihaye akabyizi ku mwana yibyariye arangije akora ibyatumye benshi bamwita umukuru w’Ibigwari
•
Umugabo witwa Baranyeretse Theoneste uzwi ku izina rya Kavamahanga wo mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye ni nyuma y’uko umwana we yibyariye avuye guhuruza abaturage abamenyesha ko se amaze kumusambanya noneho yagaruka agasanga yimanitse mu mugozi yamaze gushiramo umwuka. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu…
Musanze: Umusore wari wagiye gusenga arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa amusanze mu bwiherero
•
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Kamena 2024, RIB yashyikirijwe umugabo w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, akekwaho gusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Paruwasi Katederali ya Ruhengeri. Amakuru y’ifatwa ry’uyu mugabo yatangiye gucicikana ubwo ahagana Saa kumi n’ebyiri abakirisitu bari bagiye…