Umupolisi ukomeye yarasiye umucamanza mu rukiko nawe ahita araswa
•
Umupolisi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Kenya yishwe arashwe nyuma yuko arashe umucamanza mu rukiko mu murwa mukuru Nairobi. Uwo mupolisi w’ipeti rya ’Chief Inspector of Police’ (CIP) yarashe umucamanza mukuru Monica Kivuti wo mu rukiko rwa Makadara, nyuma gato yuko afashe icyemezo mu rubanza amakuru avuga ko umugore we aregwamo. Bivugwa…
Amavubi yaruhutse gucuragizwa kubera sitade
•
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryemeje ko Amahoro Stadium yujuje ibyangombwa bikenerwa mu kwakira imikino mpuzamahanga ya CAF/FIFA. Mu butumwa bageneye u Rwanda biciye muri Minisiteri ya Siporo na Ferwafa, abayobozi bo muri CAF bavuze ko basanze Stade Amahoro yujuje ibisabwa byose ngo yakire amarushanwa mpuzamahanga ndetse ko ari imwe mu ma stade meza…
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma, Amb. Nduhungirehe agirwa Minisitiri
•
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena mu 2024 aho Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, asimbura Dr Vincent Biruta wari umaze igihe muri uyu mwanya. Nkuko bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe,Madamu Consolee Uwimana yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, asimbuye Dr Uwamariya…
Byinshi kuri kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
•
Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga . Kanseri y’igifu Kandi ni imwe muri kanseri zigorana kuzivura ,Ishami ry,umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima rya OMS rivuga ko umuntu umwe mu bantu batandatu ahitanywa na…
Robinho wakiniye Real Madrid na Man City ari kwiga gukanika radio na TV muri gerezaword
•
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye,Robinho ari kwiga umwuga mushya wo gukanika TV na radio muri gereza nyuma yo gufungwa ashinjwa gusambanya ku ngufu umukobwa mu Butaliyani. Uyu wahoze akinira Real Madrid,Man City na AC Milan,yakatiwe igifungo cy’imyaka icyenda muri gereza ya Hellhole yo muri Brazile azira icyaha cyo gufata ku ngufu. Mu rwego rwo kurwanya…
X-Dealer waregwaga kwiba telefoni ya The Ben yagizwe umwere n’urukiko
•
Ndagijimana Eric wamamaye nka X-Dealer, wari umaze igihe akurikiranweho kwiba telefone ya The Ben, yagizwe umwere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge mu isomwa ry’urubanza ryabaye ku wa 12 Kamena 2024. Ni nyuma y’uko ku wa 3 Kamena 2024, Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwaburanishaga mu mizi urubanza Ndagijimana yaregwagamo n’Ubushinjacyaha kwiba telefone ya The Ben, icyaha…