Christopher yahishuye uko yigeze gukubitwa urushyi na KNC nyiri Radio na TV1 bahuye atamuzi
•
Umuhanzi Muneza Christopher uzwi nka Christopher yavuze ko akiri muri Kina Music yakubiswe na nyiri Radio&TV1 ,Kakooza Nkuriza Charles uzwi cyane nka KNC amuziza kumusuhuza atamureba. Mu kiganiro uyu muhanzi yahaye ikinyamakuru ISIMBI dukesha iyi nkuru, Christopher yavuze ko atari azi KNC, yamusanganye na Patrick Nyamitari amushyiriye Flash, amusuhuza atamureba undi ahita amukubita…
Uganda: Umugenerari wa 3 yitabye imana mu kwezi kumwe
•
Igisirikare cya Uganda na Polisi y’iki gihugu, bemeje ko Maj Gen Paul Lokech wari Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu. . Maj Gen. Paul Lokech yapfuye bintunguranye . Undi musirikare ukomeye muri Uganda yitabye Imana Inkuru y’Urupfu rw’uyu musirikare yemejwe n’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda, Brig Flavia Byekwaso…
Visi Perezida wa Kenya William Ruto yannyeze Perezida Kenyatta na Raila Odinga nyuma yo guterwa utwatsi n’urukiko rw’ubujurire
•
Visi-Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, yakinnye ku mubyimba abarimo Perezida Uhuru Kenyatta na Raila Odinga ukuriye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, nyuma y’uko Urukiko rw’Ubujurire rutesheje agaciro umushinga wabo wa BBI. . Umushinga wa BBI uhuriweho na Perezida Kenyatta na Raila Odinga wotewe utwatsi n’urukiko rw’ubujurire . William Ruto yakinnye ku mubyimba Perezida Kenyatta…
Perezidansi cyangwa ingoro z’abakuru b’ibihugu 10 nziza kurusha izindi muri Afurika n’agaciro kazo – AMAFOTO
•
Inyubako ikorwamo umukuru w’igihugu ni ikintu kba cyubashywe mu gihugu icyo ari cyose. Ni inyubako yubakanwa ubuhanga ndetse igahabwa ubwiza n’ibindi bikenerwa byose kugirango akazi k’umukuru w’igihugu kagende neza ari yo mpamvu zitwara agatubutse mu iyubakwa no mu kwitabwaho kwazo. Dore urutonde rw’ingoro 10 z’abakuru b’ibihugu zifite ubwiza ntagereranywa kurusha izindi muri…
Dore inyubako 5 ku isi zifite ishusho itangaje cyane ku buryo utakwizera ko ari inzu – AMAFOTO
•
Ku isi hariho byinshi bitangaje bimwe karemano ibindi byakozwe n’amaboko y’abantu. Muri iyi nkuru iwacunews.com yabakusanyirije inyubako 5 zifite ishusho itangaje cyane ku buryo bigoye kwizera ko ari inzu. . Inzu zifite ishusho itangaje cyane . Inyubako zitangaje ku isi 1. Basket Building, USA Iyi nyubako ikoze mu ishusho ry’agatebo…
Ijambo rya nyuma Joseph Habineza yavuze mbere yo gupfa
•
Ambasaderi Joseph Habineza wabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo kuva mu 2004 kugeza mu 2011 yapfuye gusa hari inama yasize atanze kuri Twitter mu butumwa bwe bwa nyuma kuwa 17 Kanama 2021. . Amb. Joseph Habineza yatabarutse . Joseph Habineza yishwe n’uburwayi . Ijambo rya nyuma rya Joseph Habineza wamamaye nka Mr Joe …