Umupadiri yasomeye abakobwa batatu kuri alitari umwe ahita ahahamuka avuga ko atakaje ubusugi
•
Umupadiri wo mu gihugu cya Ghana, Balthazar Obeng Labri, ari mu mazi abira nyuma yo gusoma abakobwa batatu biga ku ishuri ryitwa St. Monica College of Education, ari kuri alitari, umwe muri bo agahita ahahamuka. Ibi bikimara kuba byateje impaka ku mbuga nkoranyabaga, bamwe bakavuga ko uko gusomana kwa Padiri Labri ari ugutagatifu…
Amb. Joseph Habineza wabaye Minisitiri w’umuco na Sport yapfuye azize uburwayi
•
Amb. Joseph Habineza wabaye Minisitiri wa siporo n’urubyiruko mu Rwanda akanarubera Ambasaderi muri Nigeria yitabye Imana azize uburwayi mu bitaro byo muri Kenya. . Amb. Habineza Joseph yitabye Imana . Amb. Habineza Joseph yishwe n’uburwayi aguye muri Kenya . Amb. Joe Habineza yapfuye . Urupfu rwa Amb. Joseph Habineza rwatunguranye Yabanje kujya…
Kayesu Shalon wafungishije Kevin Kade na Davis D atumye Kwizera Olivier yirukanwa mu mwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi – AMAFOTO
•
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu, Amavubi, Kwizera Olivier uheruka guhamagarwa n’umutoza Mashami Vincent bigatuma benshi bacika ururondogoro, yagaragaye nijoro ari live kuri Instagram n’umukobwa wavuzwe cyane mu minsi ishize kubera kuvugwaho ko yafungishije abahanzi Davis-D na Kevin Kade byamuviriyemo kwirukanwa. . Kwizera Olivier yirukanwe mu mwiherero w’Amavubi nyuma yo kurara aririmbana na Kayesu Shalon kuri…
Byinshi ku Batalibani bongeye kwigarurira Afghanistan nyuma y’imyaka 20 barwanda n’ingabo za Amerika ari nayo yabatoje
•
Ubusanzwe, ijambo “talibani” risobanuye ngo “umunyeshuri”, cyangwa se umuntu ushakisha ubumenyi. Abatalibani bategetse Afuganisitani kuva muw’1996 kugeza muw’2001 aho bashyizeho ubutegetsi bugendera ku mahame akarishye y’idini ya kiyisilamu azwi nka shariya. . Abatariban baremwe na Leta zunze ubumwe za Amerika . Inkomoko y’Abatalibani bongeye gufata ubutegetsi muri Afghanistan . Aho Abatalibani bahuriye na…
Aba-taliban batangiye guhiga bukware umuntu wese wagize aho ahuririra n’ingabo z’amahanga zari ziyobowe na USA – Rappor ya UN
•
Inyandiko y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yaburiye ko aba Taliban bakajije ibikorwa byo gushakisha abakoreye ingabo z’umuryango w’ubwirinzi bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) cyangwa abakoreye leta ya Afghanistan yari iriho mbere. . Abakoranye n’ingabo za Amerika n’incuti zazo bakomeje guhungishwa . Abatalibani batangiye guhiga abahoze basemurira ingabo z’amahanga . Abanya-Afghanistan bakomeje imyigaragambyo bamagana abatalibani Iyo nyandiko…
Ibimenyetso byakwereka ko amazi unywa buri munsi adahagije ibintu bishobora kugukururira ibyago bikomeye
•
Mu bigize umuntu, amazi yihariye 60%. Twavuga ko ariyo ya mbere mu bifitiye umuntu akamaro. Umubiri utakaza amazi buri munsi binyuze mu byuya no kunyara, akaba ariyo mpamvu ugomba guhora usimbuza amazi watakaje, kugira ngo wirinde umwuma. . Ibintu byakwereka ko amazi unywa ku munsi adahagije . Nubona ibi uzamenye ko ukwiye kongera…