Uganda igiye kwakira impunzi 2000 z’abanya-Afghanistani
•
Igihugu cya Uganda kigiye kwakira impunzi z-abanya-Afghanistan zigera ku 2000 nyuma y’uko Abataribani bisubije ubutegetsi nyuma y’imyaka 20 babwirukanweho n’abanyamerika. Kwakira izi mpunzi biturutse mu mwumvikano hagati y’igihugu ya Uganda na Leta zunze Ubumwe za Amerika nk’uko Minisitiri ushinzwe impunzi muri Uganda, Esher Anyakun yabitangarije BBC dukesha iyi nkuru. Impunzi za mbere zigera kuri…
Inzira z’Imana ntizigira umubare: Yabaye umushumba w’inka, yize kaminuza yishyuriwe n’abagiraneza ubu ni Perezida wa Zambia. Byinshi kuri Hakainde Hichilema
•
Umuntu wese ukuranye umugambi burya abigeraho iyo adacitse intege, intsinzi ya Hakainde Hichilema yerekana isomo rikomeye mu bantu ririmo kudacika intege no kutiheba mu gihe ugihumeka kuko yabaye umushumba w’inka, avukira mu muryango ukennye ariko amateka arahindutse abaye Perezida nyuma yo kubiharanira. Ni nyuma y’amatora muri Zambia yo kwihitiramo Perezida ubereye igihugu ku…
Bavumbuye ko bavukana nyuma y’imyaka 10 babana nk’umugabo n’umugore
•
Umugabo n’umugore bo muri USA baciye ibintu hirya no hino ku isi kubera uburyo bari bamaze imyaka 10 babana batazi ko bavukana bakaba baje kubivumbura nyuma yo kubyarana abana 2. Mu mashusho yakwirakwijwe ku rubuga rwa Tik Tok, aba bombi bahamirije isi yose ko bari bamaze imyaka 10 babana ariko bakaba bavumbuye ko…
Afghanistan: Icyafashije Abatalibani kwigarurira igihugu mu kanya nk’ako guhumbya kandi bakosheje intwro ziciriritse cyamenyekanye
•
Mu byumweru bicye bishize, abarwanyi b’aba Taliban, ahanini bitwaje imbunda ziciriritse za AK-47, banyanyagiye muri Afghanistan urebye nta kibazo gikomeye bahuye na cyo. Ikiganiro Newsnight cya BBC cyabwiwe ko imwe mu mpamvu z’ingenzi zatumye igisirikare cya Afghanistan kirindimuka ari uko umubare nyawo w’abasirikare bari bakigize wari igice gito cy’uwatangazwaga n’abategetsi. Perezida w’Amerika…
Umusore yajyanye umukobwa iwe bageze mu buriri ahinduka ihene we arasara
•
Umusore witwa Namasaka, wo mu cyaro cyitwa Mayuge, mu gace ka Navakholo i Kakamega muri Kenya yatangaje ko yumvise ashaka umukobwa baryamana, akanyura ku isoko, akamutahana gusa yagera mu buriri, umukobwa agahinduka ihene. Namasaka usanzwe akora akazi ko mu busitani, yatangarije K24TV ngo ” Nahuye n’umukobwa mwiza ku isoko rya Soi ubwo nari…
Perezida wa Afganistani yatunguye isi ubwo yahunganaga imodoka 4 na kajugujugu byuzuye amafaranga
•
Ambasade ya Amerika i Kabul, yatangaje ko Ashraf Ghani wari Perezida wa Afghanistan ahunga igihugu cye yajyanye imodoka enye na kajugujugu byose byuzuye amafaranga, gusa biba ngombwa ko amwe ayasiga kuko yabuze uko yayatwara yose. . Perezida wa Afganistan yahunganye imoddoka 4 zuzuye amafaranga . Uwari perezida wa Afganistan yahunganye kajugujugu yuzuye amafaranga…