Mbappe uheruka kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG noneho ngo hari ikintu gikomeye ashaka kubwira Perezida w’iyi kipe
•
Rutahizamu Kylian Mbappe utishimiwe n’abafana ba PSG muri iyi minsi kubera ko yanze kongera amasezerano kandi ikipe imukeneye,yamaze gusaba Perezida w’ikipe, Nasser Al-Khelaifi,ko bahura bakaganira ku bijyanye no kumurekura akigendera. Real Madrid imaze icyumweru cyose iganira na PSG kuri gahunda yo kugura Kylian Mbappe uheruka kuvugirizwa induru n’abafana b’iyi kipe ku mukino batsinzemo…
Agakiriro ka Gisozi kafashwe n’inkongi y’umuriro
•
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Kanama 2021, inkongi yibasiye agakiriro ka Gisozi gaherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi. Ababonye iyi nkongi bavuga ko yatangiye saa 8h50 za mu gitondo, itewe n’umuriro w’amashanyarazi, bituma ibikoresho byinshi birimo za matela n’ibindi bikoresho byinshi bibikwa mu gakiriro. Aka…
Mozambique: Ingabo z’ Rwanda n’iza Mozambique zakomwe mu nkokora n’ibyihebe byahinduye amayeri
•
Umuvugizi w’Igisirikare cya Mozambique, Brig Chongo Vidgal, yatangaje ko ibitero Ingabo z’u Rwanda zikomeje kugaba mu ntara ya Cabo Delgado ku bufatanye n’iza Mozambique byakomwe gato mu nkokora n’ibyihebe bisa n’ibyarambitse intwaro bikiyoberanya nk’abaturage. . Ibyihebe byatangiye kwiyoberanya mu baturage . Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zikomeje gukurikirana ibyihebe Brig Vidgal yemeje…
Zambia: Byinshi kuri perezida Hichilema watsinzwe incuro 5 zose akitwa umukozi wa Satani n’umu-freemason, gufungwa…
•
Hakainde Hichilema yavutse ku itariki 04 Kamena 1962, ni umunyemari wo muri Zambia, umunyapolitiki , Umukirisitu wo mu itorero ry’Abadivantisti b’Umunsi wa karindwi n’ubwo hari abamwise umukozi wa Satani,ndetse akaba Perezida mushya watowe wa Zambia, nyuma yo guhatanira uyu mwanya kuva mu 2006, 2008, 2011, 2015 na 2016 akaba yatsinze aya 2021. .…
Ingaruka mbi zikomeye cyane ushobora kuba utari uzi ziterwa no kumara igihe kinini Bluetooth ya Telefone yawe ifunguye
•
Akenshi usanga twibanda ku gushyira imfunguzo zikaze (screen lock & app lock) muri telefone zacu ndetse tukanaharanira guhora telefone zigaragara neza umunsi kuwundi. . Ibyago biterwa na kumara igihe kinini bluetooth ya telefoni ifunguye . Bluetooth igira ingaruka mbi ku bwonko no ku myanya myibarukiro Nyamara ibi usanga tubikora ariko tugasiga ibindi…
Ibimenyetso 7 bigaragaza ko urukundo urimo rudafatika ndetse rutazaramba
•
Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Urukundo nkuru ntakindi rukumarira usibye kukubabaza no kugutakariza igihe. . Urukundo rujegajega . Ibiranga Urukundo rudafashe kandi rutazaramba . Ibimenyetso byakwereka ako urukundo rwanyu ntaho ruzagera…