Abataliban bageze i Kabul, Perezida Ghani akizwa n’amaguru
•
Hari amakuru avuga ko Perezida wa Afghanistan, Ashraf Ghani yahunze igihugu, mu gihe aba Taliban bageze i Kabul. . Perezida wa Afganistan yahunze . Abatalibani bamaze gufata umurwa mukuru Kabul Ibiro ntaramakuru Reuters bisubiramo amagambo y’umutegetsi wo hejuru muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu avuga ko yerekeje mu gihugu cya Tajikistan bahana imbibi. Umuvugizi…
Tanzania: Umuyobozi ukomeye yananiwe kuvuga mu nama nyuma yo gukingirwa Covid-19
•
Komiseri w’Ubuzima n’Ibidukikije mu Kigo cy’Uburezi muri Tanzania (TAHLISO), Sospeter Mosewe Bulugu, yageze mu nama mu ntangiriro z’iki cyumweru ananirwa kuvuga nyuma yo guterwa urukiko rwa Covid-19. Kuwa 12 Kanama, Bulugu yari yabay iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, bamwe bibaza uko yageze mu nama kuvuga bikanga nyuma yo gukingirwa. Mu mpamvu zakekwaga zaba…
Abataribani binjiye Kabul umurwa mukuru wa Afganistani
•
Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Afghanistan imaze gutangaza ko abarwanyi b’Abatalibani batangiye kwinjira mu murwa mukuru, Kabul, baturutse impande zose. Ni nyuma yo gufata indi mijyi yose y’iki gihugu mu gihe gitoya, urugamba rweruye rwatangiye ubwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zari zishyigikiye ubutegetsi bwa Afghanistan zakuragayo abasirikare bazo. RFI dukesha iyi nkuru ivuga…
DRC: Indege yagonze umumotari
•
Indege yo mu bwoko bwa Bombardier Q400 yagwaga ku kibuga cy’indege cya Luano mu mujyi wa Lubumbashi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yaraye ikoze impanuka, ubwo yagongaga umumotari. Minisiteri ishinzwe ubwikorezi mu itangazo yasohoye kuri uyu wa 14 Kanama 2021 ivuga ko iyi ndege ya Congo Airways yari itwaye abantu 23…
Ibitangaje ku kiraro(bridge) cya mbere kirekire kurusha ibindi ku isi ku burebure bwa Km 165 zose ni ukuvuga kuva i Kigali ukarenga i Huye
•
Ku isi hari byinshi bitangaje umuntu ashobora kureba akibaza niba byarakozwe n’amaboko y’abantu. Uyu munsi Iwacumarket yagutoranyirije ikiraro kirekire kurusha ibindi ku isi cyiswe Danyang–Kunshan Grand Bridge kikaba giherereye mu Bushinwa. . Ikiraro cya mbere kirekire ku isi giherereye mu Bushinwa . Ikiraro kirekire ku isi cyuzuye gitwaye tiriyari zisaga 8.5 z’amanyarwanda …
Doreen wakize agakoko gatera SIDA nyuma y’imyaka 29 akagendana yagiriye inama abandi baba bafite ubu bwandu
•
SIDA, uyanduye biba ngombwa ko agomba gukoresha imiti igabanya ubukana kugira ngo abashe kuramba ntapfe imburagihe, gusa mu bihugu bitandukanye hari abantu cyane abakobwa baretse imiti ibyo ari naho Doreen Moraa yahereye abagira inama kuko we yerekana ibyiza byo kwemera no kwerura ko urwaye SIDA. . Doreen yakize agakoko gatera SIDA nyuma y’imyaka…