Uncle Austin yavuze ‘bwa mbere’ uko uwari umukunzi we yamushinje kumwanduza SIDA bajyana kwipimisha agahakana ibisubizo bahawe na muganga
•
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Luwano Tosh [Uncle Austin] umaze imyaka irenga 15 akomatanya iyi mirimo yombi, yavuze ‘bwa mbere’ uko yabayeho iminsi itari mike ahanganye no kumvisha uwari umukunzi we Mwiza Joannah ko ibyo yumvise by’uko yamwanduje SIDA atari ukuri. . Uncle Austin yashinjwe kwanduza SIDA umukunzi we . Inkomoko y’indirimo Dupfa iki ya…
PSG: Kugura Lionel Messi bigiye gushyira iherezo kuri Kylian Mbappe
•
PSG iherutse gusaba Mbappe ko yasinya amasezerano y’imyaka 6 ndetse agahabwa umushahara ungana n’uwa Neymar abitera utwatsi akomeza kwicecekera. Gusa kuri ubu bishobora gutizwa umurindi no kuba Messi yaraje muri iyi kipe bakaba banyurana. . Kylian Mbappe ashobora kwerekeza muri Real Madrid . Mbappe ashobora kuba igitamo nyuma y’uko PSG iguze Lionel Messi…
Zambia: Perezida Lungu yatinzwe amatora yegukanwe na Hichilema
•
Komisiyo y’amatora ya Zambia yemeje ko amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize uwayatsinze ari umukandida w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Hakainde Hichilema. . Hichilema yatsinze amatora muri Zambia . Perezida Lungu wa Zambiya yatsinzwe amatora . Zambia yabonye Perezida mushya bwana Hichilema Bwana Hichilema yatsinze mukeba we ukomeye, perezida ucyuye igihe Edgar Lungu, amurushije amajwi…
Ibyo wamenya kuri Gen. Kabandana uyoboye ingabo z’u Rwanda muri Mozambique
•
Guhora maso, kutajenjeka, ikinyabupfura no kugira dipolomasi, ngo ni amwe mu magambo meza wakoresha usobanura Maj. Gen. Innocent Kabandana, uyoboye ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu Ntara ya Cabo Delgado, mu majyaruguru ya Mozambique kurwanya ibyihebe byari bimaze imyaka itanu byarigaruriye iyi ntara. Uyu musirikare wahoze ari umuyobozi w’Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda, afatanyije…
Umukobwa yibye telefoni ihenze ya nyirabuja kugira ngo ashimishe umukunzi we
•
Umukobwa witwa Rebecca Isiche Elumbe ukomoka mu gihugu cya Kenya,yakoze amahano yiba ibintu by’agaciro birimo na telefoni bya nyirabuja arangije abijyana ku mukunzi we kugira ngo amushimishe. Uyu mukobwa wakoraga mu rugo muri Kenya,yacunze abakoresha batari mu rugo niko kubiba karahava kugeza no kuri Telefoni ya nyirabuja. Mu byo yibye harimo imikufi…
Lionel Messi watunguriwe i Paris yahaye isererano rikomeye abafana ba PSG
•
Abafana ba FC Barcelona bakiranye urugwiro Lionel Messi biramurenga niko kubabwira ko icyumweru kimwe amaze i Paris kidasanzwe ku buzima bwe ndetse atazigera acyibagirwa. . Liionel Messi yahaye isezerano rikomeye abafana ba PSG . Messi yatunguwe n’ukuntu yakiriwe i Paris Mu ijoro ryakeye nibwo abafana ba PSG bari babukereye baje kwakira abakinnyi…