Musanze: Mutwarasibo yakase ikiganza cya SEDO, akoresheje urukero
•
Umuyobozi w’isibo (Mutwarasibo) mu Kagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze yakase ikiganza cy’umuyobozi ushinzwe iterambere n’imibereho y’abaturage (SEDO) Twagirayezu Olivier, akoresheje urukero rukoreshwa mu bwubatsi. . SEDO w’akagari yagiye kubuza umuturage kubaka nta byangombwa amukata ikiganza . Mutwarasibo yakase ikiganza SEDO w’akagari wari uje kumubuza kubaka nta byangombwa …
Ku iherezo wa mukobwa wakunze cyane Bruce Melody bavuganye kuri telefoni si ukumutomora yivayo
•
Umukobwa witwa Gihozo wakunze cyane Umuhanzi Munyakazi Bruce Melodie yavuganye nawe kuri telephone mu kiganiro yagiranye na YagoTv Show akanyamuneza karamusaga maze amusakazaho imitoma myinshi , anamuhishurira ko ari mu rukundo n’umusaza w’imyaka 98 bitewe nuko yamwanze. . Gihozo yavuganye na Bruce Melody yihebeye atamuzi bikamuviramo kwikundira umugabo ukuze . Bruce Melody yaganiriye…
Se wabo wa Abayisenga uherutse kwica padiri mu Bufaransa yanyomoje yavuzwe ku muryango wabo
•
Joseph Murasampongo, sewabo wa Emmanuel Abayisenga ushinjwa kwica umupadiri mu Bufaransa, yabwiye BBC ko bimwe mu byavuzwe kuri Abayisenga n’umuryango wabo nta kuri kubirimo. Ku wa mbere, Abayisenga yishyikirije polisi mu burengerazuba bw’Ubufaransa avuga ko yishe umupadiri witwa Olivier Maire wa paruwasi ya Nantes, impamvu zabimuteye ntiziramenyekana. Nyuma, mu bitangazamakuru no ku…
Yvan Buravan yiswe umupfumu kubera ifoto ye yashyize hanze acigatiye inzoka n’ubwe abihuza na Bibiriya
•
Umuhanzi Yvan Buravan yakoresheje ubuhanuzi buboneka muri Mariko 16:17-19 nyuma yo gufata inzoka nini mu ntoki ze ikomeje kuvugisha abatari bacye ndetse bamwe bakaba banatangiye kumwita umupfumu bitewe n’uko ibyo yakoze atari ibintu bimenyerewe. . Yvan Buravan yashyize hanze ifot ateruye inzoka . Abafana ba Yvan Buravan bakomeje kumwita umupfumu kubera ifoto ye…
Ba Kapiteni 4 bahuriye mu ikipe imwe, hazakina nde hazasibe nde? Hazayobora nde? Dore 11 ba PSG harimo 2 bakuze bazirana
•
Nyuma yo gusinyisha Lionel Messi, ubu isi y’umupira w’amaguru amaso yayerekeje mu gihugu cy’Ubufaransa habarizwa ikipe ya Paris Saint Germain, igiye gutangira umwaka w’imikino ariyo kipe ihemba amafaranga menshi ku isi. . Ninde uzaba Kapiteni wa PSG? . Abakinnyi bashobora kubanza mu kibuga ku ikipe ya PSG . PSG yabaye ikipe igiye kujya…
Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo gushyira ifumbire mu biryo bayitiranyije n’umunyu
•
Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo kurya ibiryo bikekwa ko byarozwe mu majyaruguru ashyira uburengarazuba bwa Nigeria. Byabaye mu gace k’icyaro kitwa Danzanke muri leta ya Sokoto. Ali Inname ushinzwe ubuzima muri iyi leta, yabwiye abanyamakuru ko uwo muryango wibeshya ugakoresha ifumbire isa n’umunyu mu kurunga ibiryo byabo kuwa mbere.…