Reba ikintu kibi kurusha ibindi umuntu ashobora guhurira nacyo mu rukundo
•
Urukundo ruraryoha, benshi bifuza kurubona no kuruhabwa kandi umuntu wese ashobora gukunda, gusa n’ubwo rugira ibyiza byinshi rushobora no kugira ibibi nyamara abantu benshi usanga batabyibazaho mbere yo kurwinjiramo cyangwa ugasanga batanabizi. Umuntu wese iyo ava akagera yaba umukobwa cyangwa umusore iyo atarakunda aba afite inzozi zo kuzabona uwo munezero ugasanga ndetse agerageza…
Reba ikintu gikomeye cyabaye ku ikipe ya PSG nyuma gato yo gusinyisha rutahizamu Lionel Messi
•
Igihangange, Lionel Messi cyatangiye gusubiza PSG amafaranga yagitanzeho kitarayikinira n’umukino wa mbere aho amakuru arimo kuvugwa ubu avuga ko nyuma y’umunsi umwe asinyiye iyi kipe abafana bayo bakoze igisa nko kugaba igitero ku iduka ryayo bashaka kwibikaho umwambaro wa numero 30 Messi azajya yambara. . PSG yagurishije imipira yose ya Messi yari ifite…
Uganda: Abegukanye imidari ya Zahabu mu mikino Olympic bagabiwe imodoka nziza buri umwe mu rwego rwo kubashimira
•
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Museveni kuri uyu wa 11 Kanama 2021 yahaye imodoka nziza abakinnyi bahagarariye igihugu mu mikino ya Olempike, bakegukana imidari ya zahabu, anabasezeranya ko bazajya bahembwa amashilingi ya Uganda miliyoni 5 ku kwezi. Nk’uko Daily Monitor yabitangaje, Perezida Museveni yabivugiye mu muhango wo kwakira aba bakinnyi mu rwego…
Min. W’ingabo muri Afurika y’Epfo avuga ko ingabo z’u Rwanda ntacyo zakoze muri Mozambique
•
Minisitiri w’Ingabo n’ibikorwa by’abahoze ari abasirikare muri Afurika y’Epfo, Thandi Modise, avuga ko Ingabo z’ u Rwanda ziri muri Mozambique nta kazi zakoze kugeza ubu ngo ahubwo nibwo urugamba rugiye gutangira. . Min. w’ingabo muri Afurika y’Epfo yavuze ko urugamba ari bwo rugitangira . Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zafashe ahantu hatari abarwanyi…
Abakobwa n’abagore bakiri bato bamwe mu bagiriwe icyizere na Perezida Samia Suhulu abagira abayobozi – AMAFOTO
•
Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan mu ntangiriro z’uku ukwezi yakoze amavugurura mu nzego z’ubuyobozi bwa Leta kuva ku nzego zo hasi, aho bigaragara ko yagiriye icyizere abakobwa n’abagore bakiri bato. . Perezida Samia Suhulu wa Tanzaniya yagiriye icyizere abakobwa n’abagore bakiri bato . Perezida Samia yavuguruye inzego z’ubuyobozi…
Rwamagana: Umupolisi yarashe umusore wari warenze ku mabwiriza yo kwirinda covid-19 arapfa
•
Umupolisi witwa Siboniyo Jean d’Amour ukorera mu Karere ka Rwamagana yishe arashe umusore witwa Iradukunda Elissa uzwi nka Ndimbati warenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19, bivugwa ko yagerageje kumurwanya no kumwambura imbunda. . Umupolisi yishe umusore wari warenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 . CLADHO yamaganye urupfu rw’umusore wiciwe i Rwamagana arashwe n’umupolisi …