Lionel Messi yamaze kwerekeza muri PSG aho Yakiriwe nk’umwami w’abami – AMAFOTO
•
Ntabwo bikiri inkuru,umunyabigwi,Lionel Messi,yamaze kugera mu mujyi wa Paris aho yagiye gusinya amasezerano y’imyaka 2 akinira ikipe ya Paris Saint Germain ikomeye kurusha izindi zose mu Bufaransa. . Lionel Messi yakiriwe nk’imwami w’abami i Paris . Messi n’umuryango we bageze i Paris aho agiye gusinyira ikipe ya Paris Saint Germain Lionel Messi bidasubirwaho…
Ibifaru by’intambara bigezweho kandi biteye ubwoba ku rugamba bikoreshwa muri iki gihe – AMAFOTO
•
Hano hari ibimodoka byinshi by’intambara by’imitamenwa bizwi nk’ibifaru biri mu kazi muri iki gihe, ariko bigomba guhora bivugururwa kugirango bijyane n’igihe. T-14 Armata – U Burusiya T-14 Armata ni ubwoko bw’ibifaru bigezweho by’igisekuru cya kane, akaba ari ubwoko bikekwa ko bushobora kuba ari nabwo bwa mbere kabuhariwe ku ntambara kugeza ubu. Igifaru cya T-14…
Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG yamuhaye akayabo kuri ubu akaba ategerejwe i Paris
•
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG amasezerano y’imyaka ibiri (2), ashobora kongerwa kugeza muri Kamena 2024, nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo imyaka isaga 21. Kuwa Kane w’icyumweru gishize,nibwo FC Barcelona yatangaje ko itanduknye na Lionel Messi kubera amategeko ya La Liga. Lionel Messi ategerejwe i Paris…
Nyuma y’igihe gito Bijoux wo muri ‘Bamenya’ asubije impeta Benjamin yerekanye umuhanzi yamusimbuje [AMAFOTO]
•
Munezero Aline uzwi cyane ku izina rya Bijoux muri filime y’uruhererekane yitwa Bamenya nyuma y’igihe gito atangaje ko atakiri mu rukundo n’umusore wari wa mwambitse impeta yagaragaje umuhanzi bari mu munyenga w’urukundo witwa Lionel Sentore na we waherukaga kwambika impeta indi nkumi mu ntangiriro za 2020. Mu kwezi kwa Kanama nibwo Aline Bijoux…
At 145 he may be the oldest person in the world. More for him
•
The old man may have been the first in the world for many years, his identity was revealed by his grandson on Facebook. Ikenna Ofodile shared the picture of his grand father on Facebook, and said it was a blessing to be 145 years old. The old man can no longer eat…
Ku myaka 145 ashobora kuba ari we muntu ukuze kurusha abandi ku isi. Byinshi kuri we
•
Uyu musaza ushobora kuba ari we wa mbere umaze imyaka myinshi ku isi, ibye byamenyekanye nyuma y’aho umwuzukuru we amugaragaje yifashishije urukuta rwe rwa Facebook. . Nigeria habonetse Umusaza w’imyaka 145 Uyu musaza wo muri Nigeria, umwuzukuru we witwa Ikenna Ofodile niwe watumye ibye bimenyekana nyuma yo kubisangiza abamukurikira kuri Facebook, agashyiraho…