Mozambique: Byabaye inshoberamahanga uko ingabo z’u Rwanda 1000 zahiduye ibintu mu byumweru 2 gusa. Uko abanyamahanga babona izi ngabo
•
Ingabo z’u Rwanda zikomeje gushimagizwa hirya no hino ku Isi kubera ukuntu zikomeje kugenda zitwara mu butumwa zoherezwamo hirya no hino haba ubwo kubungabunga amahoro cyangwa uburimo ibikorwa bya gisirikare byo gufasha ibindi bihugu kurwanya umwanzi ubangamiye umudendezo wabyo, aho kuri ubu bamwe bibaza ukuntu abasirikare 1000 babasha guhindura ibintu mu kwezi kumwe muri…
Lionel Messi yatambagijwe Paris mu cyubahiro cy’abaperezida. Amafoto
•
Rutahizamu ukomeye ku isi,Lionel Messi,yaraye ageze mu mujyi wa Paris aho yawuzengurutse arinzwe cyane n’abapolisi ndetse n’amamodoka menshi cyane nk’uko biba bimeze ku baperezida bakomeye. . Lionel Messi yatambagijwe Paris arinzwe cyane . Lionel Messi yamaze gusinyira Paris Saint Germain ahabwa nimero 30 . Uko Lionel Messi yakiriwe i Paris ntibisanzwe Uyu…
Dore amagambo 3 wabwira umusore mukundana agatuma umubura burundu
•
Ubwonko bw’abagabo, ntabwo bugorana mu kumva ibintu nk’uko benshi babitekereza. Niba agukunda uzasanga ari wa muntu utuje kandi ugira gutekereza cyane. Nta n’ubwo uzamwumva ari kugusaba ibintu bitandukanye. Ntabwo azijandika mu bintu bishobora gutuma akubura. Gusa na none iki kiba ikibazo kuko abahungu cyangwa abagabo abenshi ntabwo bakunda kugaragaza icyo bakeneye ku bo…
Abayisenga wishe Padiri mu Bufaransa yaba yarahoze muri polisi y’u Rwanda. Byinshi kuri we
•
Umwaka umwe nyuma yo kwemera ko yatwitse Katederali, nyuma y’uko kandi tariki 29 z’ukwezi gushize avuye mu bitaro by’indwara zo mu mutwe, ku wa mbere yishyikirije polisi yemera ko amaze kwica Padiri Olivier Maire. Ikinyamakuru La Croix cya Kiliziya Gatolika kivuga ko abazi Emmanuel Abayisenga bavuga ko ari umugabo ufite ibibazo mu buzima…
Lionel Messi mu mwambaro wa PSG wanditseho Visit Rwanda. Numero azajya yambara nayo yamenyekanye – AMAFOTO
•
Ikipe ya Paris Saint-Germain ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yatangaje Umunya-Argentine Lionel Messi nk’umukinnyi wayo mushya. Messi ufatwa na benshi nk’umukinnyi wa mbere wa ruhago ku Isi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe isanzwe ari umufatanyabikorwa w’u Rwanda mu kwamamaza ubukerarugendo bwarwo. Yasinye nyuma yo kugera i Paris aho yakiriwe n’ibihumbi by’abafana ba…
Ubushinwa: Umunyakanada Yakatiwe gufungwa imyaka 15 ajuriye akatirwa urupfu
•
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ubutabera bwo mu Bushinwa bwakatiye igihano cy’urupfu Umunyakanada, Robert Lloyd Schellenberg bwari bukurikiranyeho icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Iyi akaba ari indi dosiye y’ubutabera yiyongera ku zindi zikomeje kuzana igitotsi mu mibanire hagati y’u Bushinwa na Canada. Urukiko rw’ubutabera rwa Dalian, mu burasirazuba bw’u Bushinwa nirwo rwemeje bidasubirwaho…