Umujenerali wirukanwe na Ethiopia akaba ayizengereje bwa mbere yagize icyo atangaza
•
Umukuru w’inyeshyamba zo mu Karere ka Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia, Gen Tsadkan Gebretensae, kuva yatangira kuyobora imirwano yagize icyo atangaza, yemeza ko bazakomeza kurwana kugeza hubahirijwe ibyo basaba kugira ngo agahenge kabeho. Gen Tsadkan Gebretensae, w’imyaka 68, yavuze ko izi nyeshyamba akuriye zishaka guhatira leta ya Ethiopia gukuraho uruzitiro rubuza imfashanyo n’abantu kwinjira…
Imyaka 37 irashize Sankara ahinduye icyari Haute Volta Burkina Faso, menya impamvu n’uko uyu munsi wizihizwa
•
Imyaka 37 Thomas Sankara ahaye icyahoze ari Haute-Volta izina rya Burkina Faso, bisobanuye “. Uku guhindura izina ry’igihugu ku mugaragaro cyari ikimenyetso gikomeye cyo guca ukubiri n’ahahise ha gikoloni no gusobanura intego z’impinduramatwara ya Sankara. “Mu itegeko ryo ku ya 2 Kanama 1984, Kapiteni Thomas Sankara, yifuzaga guhanagura” amateka y’ahahise n’ubukoloni bushya “, ahindura…
Niyonzima Olivier “Seif” wirukanwe na APR FC ari mu biganiro n’ikipe ya Rayon Sports
•
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Kanama 2021, ni bwo hamenyekanye amakuru ko Niyonzima Olivier uzei nka Seif ari mu biganiro byimbitse na Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa na APR FC nubwo iyi kipe y’ingabo z’igihugu itagize icyo itangaza. . Niyonzima Olivier “Seif” arimo kuganira n’ikipe ya Rayon Sports . Niyonzima Olivier…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Leta ya Mozambique zamenesheje inyeshyamba mu birindiro bikuru byazo
•
Igitero cy’ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda cyavanye inyeshyamba mu birindiro byari bisigaye byazo mu gace ka Awasse mu karere ka Mocímboa da Praia ahafatwaga “nk’icyicaro cyazo”. . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zikomeje guhashya inyeshamba . Inyeshyamba zigometse ku butegetsi zirikanwe ahafatwaga nk’ibirindiro bikuru byazo . Ibitero ku nyeshyamba birakomeje ingabo z’u Rwanda…
Abasore: Aya ni yo magambo 7 anyura amatwi y’umukobwa uwo ari we wese
•
Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugira ngo arusheho kukwiyumvamo cyane, ku bagabo bubatse cyangwa abasore bafite abakobwa bakundana nabo ni ngombwa cyane ko bamenya amagambo meza ashimisha cyane igitsinagore kurusha ayandi. . Uko wakwifuriza umukunzi ijoro ryiza . Amagambo wabwira umukunzi wawe ari mu bihe bikomeye . Igisigo wabwira umukunzi…
Isaha ya Rick Ross ikomeje kuvugisha benshi kubera igiciro yayiguze
•
Umuraperi akaba n’umushoramari Rick Ross yerekanye isaha aherutse kugura yatanzeho akayabo ka miliyoni 2 z’amadolari bituma benshi bamubwira ko yasesaguye. Uyu muraperi akaba kandi yahishuye ko amafaranga yayitanzeho kuri we ari macye ndetse ko abamuneguye ko yasesaguye batazi akamaro ko kwambara isaha ihenze. William Leonard Roberts II wamamaye ku izina rya Rick Ross…