Tokyo: Umunyarwandakazi yatoranyijwe mu bazasifura umukino wa nyuma wa Olympic uzahuza Canada na Sweden
•
Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwandakazi, Mukansanga Slma Rhadia, yatoranyijwe mu basifuzi bazayobora umukino wa nyuma mu mikino Olempike y’i Tokyo 2020, uzahuza Canada na Sweden mu cyiciro cy’abagore. Salma azaba ari umusifuzi wa kane ku mukino wa nyuma uzahuza Canada na Sweden mu cyiciro cy’abagore uzakinwa kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Kanama 2021.…
Ruhango: Hagaragaye umusore ujya mu mihango nk’abakobwa ibintu avuga ko bimutera uburibwe bukomeye ndetse bikamubangamira cyane
•
Biratangaje cyane kumva hari umuhungu ujya mu mihango nk’abakobwa, bibaho mu gihe yavutse afite ibice bijya guhura niby’abakobwa kandi ari umuhungu, nk’uko mu Karere ka Ruhango hano mu Rwanda havugwa umusore ujya mu mihango y’abakobwa. . Umusore ujya mu kwezi kw’abagore . Umusore arasaba ubuvugizi ngo avurwe nyuma yo gusanga afite nyababyeyi .…
Bugesera: Abasore 2 baguye mu muvure bataramo inzoga barapfa
•
Mu Karere ka Bugesera Murenge wa Nyarugenge, Akagari ka Ngenda, Umudugudu wa Kamabare Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha [RIB] rwataye muriyombi Uwitwa Uwamariya Beata ukekwaho urupfu rw’Abasore babiri. Amakuru dukesha ikinyamakuru MUHABURA, avuga ko uyu mugore yatawe muri yombi ku italiki 02/08/2021. Uyu mugore akaba ari nyir’Uruganda rukora ibinyobwa byitwa Dusangire Limited, akaba akurikiranyweho…
Visi Perezida wa Kenya yasuguwe ku rwego rutigeze rubaho – Depite Ndindi Nyoro
•
Abari bagiye kujyana nawe bavuze ko Visi Perezida William Ruto yamaze amasaha atanu n’igice ku kibuga cy’indege i Nairobi “asuzugurwa”, birangira abujijwe kujya mu ruzinduko bwite muri Uganda. . Agasuzuguro kakorewe Visi Perezida wa Kenya, RUTO, ngo nta bundi kigeze kaboneka . Depite Ndindi Nyoro yatangaje ko Visi Perezida Ruto yasuzuguriwe ku kibuga…
Nyamagabe: GItifu w’umurenge yashyize akagari muri guma mu rugo aterwa utwatsi n’akarere
•
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe kuri uyu wa 3 Kanama 2021 bwatesheje agaciro amabwiriza yo kwirinda Covid-19 Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare yashyiriyeho abaturage ayoboye. Amabwiriza uyu Gitifu witwa Ndagijimana Gustave yayashyizeho kuri uyu wa 3 Kanama 2021. Arimo irishyira Akagari ka Gatare muri Guma mu Rugo guhera tariki ya 4 kugeza ku ya 14…
I ibintu 5 ubyitayeho buri munsi byatuma ugira uburanga butangaje
•
Uburanga ni kimwe mu bintu umuntu wese yitaho cyane cyane abakobwa usanga bahora bashakisha ibintu byabafasha kongera ubwiza ndetse no guhorana uburanga igihe cyose. Hari ibintu 5 byoroshye bifasha abakobwa guhorana uburanga. . Ibintu byagufasha kugira uruhu rwiza . Ibintu byagufasha kugira itoto mu maso . Uko wagira uruhu rufite itoto . Ibintu…