Abafana ba Rayon Sports bazindukiye ku biro byayo kubaza abayobozi ku hazaza hayo
•
Itsinda ry’abafana ba Rayon Sports biganjemo abazwi nk’aba hooligans baramukiye ku biro byayo biri ku Kimihurura bashaka guhura na komite y’ikipe iyobowe na Jean Fidèle Uwayezu kugira ngo bahane ibitecyerezo ku hazaza h’iyi kipe. Nyuma yo kurangiza ku mwanya wa 7 muri shampiyona ishize ndetse ikipe igatakaza abakinnyi bayo barimo Mugisha Gilbert n’abandi…
Bugesera: Imodoka yari itwaye ibicuruzwa yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari ihagaritswe na Polisi
•
Imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiriye muri Gare ya Nyamata mu Karere ka Bugesera ubwo yari itwaye ibicuruzwa Polisi ikayihagarika ariko igahita ishya. Iyi modoko yo mu bwoko buzwi nka Taxi Min-Bus, yahiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 02 Kanama 2021. Iyi modoka isanzwe itwara…
Witegereza birenze! Uyu mukobwa aragukunda n’ubwo atabikubwiye niba agukorera ibi bikurikira
•
Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. Kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. . Dore ibimenyetso byakugaragariza ko umukobwa agukunda . Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa uzamenye ko akwiyumvamo Mu gushaka gufasha abasore…
Umugabo wanjye araranye boxer nasaba gatanya naho umugore wima cheri we ni inkunguzi – Bishop Brigitte arabivuze
•
Bishop Mukanziga Brigitte yahanuye abashakanye barara bambaye abita “inkunguzi” agaragaza ko bisenya ingo. Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV kibanze ahanini ku busabane bw’umugore n’umugabo mu cyumba yagaragaje ko abarara bambaye bibakururira ibyago byo gusenya ingo zabo. Bishop Mukanziga Brigitte, umushumba Mukuru w’Itorero Imbaraga z’Imana mu Rwanda (The Power of…
RBC: Igiciro cyo kwipimisha covid-19 cyagabanyijwe
•
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima [RBC] cyatangaje ku mugoroba w’iki Cyumweru tariki 01 Kanama 2021 ko igiciro cyo kwipimisha COVID-19 byihuse (Rapid Test) mu mavuriro y’abikorera cyakuwe ku 10,000 Frw cyari kiriho gishyirwa ku 5,000 Frw . RBC yavuze ko iki giciro kizatangira gukurikizwa ku ya 9 Kanama 2021 ndetse ko mu gihe cya…
Perezida Samia Suhulu aragirira uruzinduko rwe mu Rwanda guhera kuri uyu wa 2 Kanama 2021
•
Ibiro bya Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania byemeje ko Samia Suluhu Hassan byemeje ko guhera kuri uyu wa 2 Kanama 2021 agirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda. Ni amakuru yari yaratangajwe mbere na Ambasaderi wa Tanzania mu Rwanda ucyuye igihe, Ernest Mangu, tariki ya 28 Nyakanga 2021, gusa nta byinshi yavuze kuri…