Miss Amanda Isimbi wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga yibarutse umukobwa
•
Miss Isimbi Amanda wabye nkampinga w’Ishuri ry’Imari n’Amabanki (SFB) muri 2013 na Wamukota Tom Bush usanzwe ari umukinnyi wa Patriots BBC bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa . Miss Amanda yabyaye umukobwa . Miss Amanda yibarutse imfura ye na Wamukota Tom Bush . Wamukota Tom Bush ukinira Patriots BBC…
Wari uzi ko intonganya mu rukundo ari ingenzi?Dore imimaro 6 ikomeye bibazanira
•
Hari ubwo uzahura n’abantu bakundana ariko usange iteka bavuga ko batajya batongana na rimwe. Mbese usanga bavuga ko bahora mu mahoro.Hari n’abo uzasanga rimwe na rimwe bacishamo bagashwana bakagira utwo batumvikanaho kandi bikabakomeza mu rukundo rwabo. Uzibuke iyi nkuru n’uhura na ba bandi bavuga ko batajya bashwana. . Akamaro k’intonganya mu rukundo .…
Su-57: Ibidasanzwe ku ndege y’indwanyi yo mu gisekuru cya 5 y’Abarusiya yitezweho guhanga n’iza mukeba wabwo USA – AMAFOTO
•
Indege ya Sukhoi Su-57 ni indege y’intambara yo mu gisekuru cya gatanu yakorewe igisirikare kirwanira mu kirere cy’Abarusiya. Inzobere mu by’igisirikare cyo mu kirere bahamya ko ubushobozi bwa Su-57 buje kongerera imbaraga zidanzwe igisirikare cy’Abarusiya. Iyi ndege ifite agaciro kabarirwa hagati ya miliyoni 50 n’100 z’amadorari ya Amerika. Ingabo zirwanira mu kirere…
Gusezera ku mupira kwa Kwizera Olivier ikinamico ikinwa Rayon Sports ishobora gusorezwa muri APR FC
•
Nyuma y’uko umunyezamu w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ na Rayon Sports, Kwizera Olivier, atangaje ko asezeye burundu ku mupira w’amaguru benshi ntibabyemere abandi ntibabyizere, biravugwa ko ari amayeri uyu mukinnyi ari gukoresha kugira ngo aheze burundu amasezerano y’umwaka yari afitiye Rayon Sports, ubundi yerekeze muri mukeba APR FC. Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki…
Umukinnyi wa Filime Jay Pickett yitabye Imana ari gufatwa amashusho ya Filime yiteguraga gusohora
•
Umukinnyi wa filime w’umunyamerika ukunzwe cyane muri Filime zitandukanye, Jay Pickett yapfuye ari mu gikorwa cy’akazi ke mu ifatwa ry’amashusho ya Filme yiteguraga gusohora. Nk’uko amakuru y’ikinyamakuru USA Today abitangaza, ibi byabaye mu gihe yari gufata amashusho. Yitabye Imana ku wa Kane tariki ya 29 Nyakanga 2021, ubwo yari mu kazi k’ifatwa ry’amashusho…
Umugore akomeje gukora amafoto akomeje kuvugisha benshi ku isi ndetse akaba agiye kumugira umuherwe
•
Umugore ukomeje gutungura benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga kubera ubuhanga yifitemo mugukora amafoto asekeje kandi atangaje . Catherine Jepkembi umugore w’umunyempano zitangaje w’imyaka 25 ,ukomoka mu gihugu cya Kenya akomeje gutugurana mu mafoto atagaje ashyira kumbuga nkoranyambaga n’ubuhanga bwo kwifotoza afite. Uyu mugore w’abana 2 yatangiye gukora aya mafoto asa naho yikinira ariko…