Niba wajyaga urya indimbu ukajugunya ibishishwa dore ibintu bikomeye uba uhombye
•
Ibishishwa by’indimu nubwo benshi bakunda kubijugunya, nyamara byuzuyemo intungamubiri, enzymes n’ibindi binyabutabire bifitiye akamaro gatandukanye umubiri wacu. Hari ubushakashatsi bumwe na bumwe bwerekana ko binakize cyane ku ntungamubiri kurenza indimu ubwayo. Ibishishwa by’indimu byuzuyemo vitamin C, calcium, potasiyumu ifasha mu kuringaniza umuvuduko w’amaraso, limonene, ikinyabutabire kirinda kanseri ndetse n’ibindi ibirinda n’ibisohora uburozi mu…
Wari uzi ko umwana avukana ibihorihori 4? Sobanukirwa akamaro kabyo, igihe bisaba ngo byifunge n’icyo bisobanuye ku mikuririe y’umwana
•
Igihorihori (fontanelle mu cyongereza) ni umwanya uba umeze nk’aho utarimo igufa, iyo urebye witonze mu ruhanga rw’uruhinja. Nta mwana utakivukana kandi kiba ahantu 4 nubwo aho dukunze kubona ari 2; hari igihorihori cyo mu mutwe hejuru ari na cyo benshi bazi, hakaba ikiba mu mutwe inyuma hakaba n’ikiba mu misaya hagati y’ugutwi n’ijisho…
Umukobwa uhorana ipfunwe ry’amabere ye manini cyane yavuze akaga gakomeye yamuteye
•
Umukobwa witwa Esme Clemson w’imyaka 20 ukomoka ahitwa Wolverhampton, mu Bwongereza, yavuze ko amabere ye ari Manini cyane ndetse yigeze kurangara ari kotsa inyama akora ku cyokezo arashya bikomeye. Esme Clemson yavuze ko adakunda ubunini bw’amabere ye kubera ukuntu abagabo mu muhanda baba bamuvugaho amagambo menshi ndetse no kuba hari ibyo amubuza gukora.…
Biratangaje: Nyuma yo kubenga abasore benshi yasezeranye na nyina umubyara kubana akaramata anahishura icyabimuteye
•
Umukobwa w’imyaka 26 wabenze abasore benshi yakoze ubukwe na nyina w’imyaka 44 bemerenya kubana akaramata. Uyu mukobwa yahishuye ikintu gikomeye cyabimuteye, nyina we avuga ko gukora ubukwe n’umukobwa we biri mu bintu bya mbere bimushimishije mu buzima bwe. Uyu mukobwa yitwa Lolita, akomoka muri Nigeria. Yavuze ko nyina ariwe muntu wenyine wamwitayeho kurusha…
Uyu musore yaragusariye! Niba ubona ibi bimenyetso nushaka utabare hakiri kare
•
Niba ari urukundo rw’ukuri agufitiye ndakurahiye uzabimenya, uzabimenya. Biroroshye gukuza amarangamutima yawe ku musore runaka ugushaka, mbese ukihingamo kumukunda biroroshye rwose, ariko bifata agahe gato nanone kumenya neza niba koko ari we, kubera isoni hagati yanyu mwembi, gukekeranya, ndetse n’ubwoba bwo kuba wamuteganyaho byinshi, ibi bikunda kuba ku bakobwa cyane. Umusore ugukunda cyane…
Ibyo Wamenya Ku Ndege Bwite Ya Messi Ifite Ubwogero(Douches) 2 N’igikoni – AMAFOTO
•
Iyi ndege y’igiciro kandi ifite ubwiza butangaje igura milioni 12 zose z’amapawundi akoreshwa mu Bwongereza ni ukuvuga asaga Miliyari 16RWF bijyanye n’ubuhangange bw’icyamamare Messi ukinira ikipe ya FC Barcelone. Ku ngazi umuntu yuririraho ajya muri iyi ndege handitseho amazina y’umuryango we ndetse yanditseho numero 10 akoresha mu ikipe ya FC Barcelone. Ni indege yakozwe…