Amagambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye
•
Iyo abantu bakundana bifuza kurushinga, usanga hari byinshi babwirana mu rwego rwo kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu magambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo. Amagambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye: 1. Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe Wari wabwirwa aya magambo ngo…
Umukobwa wagaragaye atwika amakaye ndetse n’abandi bagagaye bayashwanyaguza bamenyekanye abayobozi b’ibigo bigaho bagira icyo babivugaho
•
Abantu batandukanye hirya no hino mu gihugu bagaragaje ko bababajwe n’iyi myitwarire bamwe bakanabihuza n’uburere buke. Imbuga nkoranyambaga zirimo Watsapp, Facebook na twitter zanyeganyejwe n’aya mashusho agaragaramo umukobwa wicaye ari gutwika amakayi n’ibitabo, ari nako abivugiraho amagambo. Umukobwa utwika amakayi n’ibitabo byamenyekanye ko arangije kwiga, mu kigo cyitwa Friend School of Kamembe mu Karere…
Amashuri yo mu byiciro bitandukanye yahawe igihe cyo gutangiriraho
•
Nyuma yo gukura Umujyi wa Kigali n’uturere 8 muri Guma mu rugo,MINEDUC yahise itangaza ko amashuri y’inshuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza azatangira igihembwe cya 3 tariki ya 2 Kanama. Amashuri makuru azakomeza akore nk’ibisanzwe. Ayo mu Mujyi wa Kigali no mu tundi turere 8 azafungura tariki 9 Kanama. Itangazo Minisiteri y’Uburezi…
Abakobwa: Sobanukirwa byinshi ku byo wibaza bijyanye n’uburumbuke(igihe uba ushobora gutwita) ndetse n’uko wabara iyo minsi ukayimenya neza
•
Iki kibazo kijya cyibazwaho na benshi igisubizo cyacyo kirahari kandi nukurikira neza iyi nkuru uzamenya uko wabara neza ukamenya iminsi yawe y’uburumbuke. Reka dutangire iyi nkuru dusubiza ibibazo by’amatsiko abantu benshi bajya bibaza, nyuma yaho niho turi burebere hamwe uko wabara ukwezi k’umugore cyangwa umukobwa. Ese igihe cy’uburumbuke ni iki? Igihe cy’uburumbuke…
King James, Shaddyboo, K8 Kavuyo na bagenzi babo bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bahishuye icyari cyabajyanye i Rutsiro n’uko umugambi wanogejwe
•
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu umunani barimo Ruhumuliza James uzwi nka King James Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo n’abandi barimo abanyamideli batandukanye barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Shaddyboo ni umwe mu byamamare u Rwanda rufite ari nayo mpamvu abahanzi batandukanye bakunda kumwiyambaza bitewe n’uko…
Umukinnyi wa Filime Mukarujanga yibarutse umukobwa
•
Umukinnyi wa Filime uzwi nka Mukarujanga yibarutse ubuheta akaba umwana wa kabiri nawe w’umukobwa. Umukinnyi w’amafilime wamenyekanye nka Mukarujanga, yibarutse umwana w’umukobwa kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Nyakanga 2021 akaba yabyariye mu bitaro bikuru bya Kigali bizwi ku izina rya CHUK, kugeza ubu amakuru atugeraho akaba ari uko bameze neza nta kibazo.…