U Rwanda rurakoza imitwe y’intoki ku gutangira gukora inkingo n’indi miti igabanya ubukana bwa za virus
•
Kuri uyu wa Kane, abayobozi bakuru ba leta bari kumwe n’uhagarariye Fondasiyo ya KENUP bahuye n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse banasura ibigo i Kigali, mu ntambwe iganisha u Rwanda hafi yo gutangira gukora inkingo n’ibindi binyabuzima. Fondasiyo ya KENUP ni umuryango mpuzamahanga ushyigikira udushya dushingiye ku bushakashatsi kandi wari uhagarariwe na Holm Keller, Umuyobozi mukuru wawo.…
Kenya: Abaganga n’abaforomo / kazi b’abashomeri bemerewe akazi mu Bwongereza
•
Kenya yagiranye amasezerano n’Ubwongereza azemerera abaforomo/kazi n’abandi baganga badafite akazi kujya gukorera mu Bwongereza. Minisitiri w’umurimo wa Kenya Simon Chelugi na Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza Sajid Javid basinye ayo masezerano ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rwa Perezida Uhuru Kenyatta i Londres. Ibi ni ku bakozi mu buvuzi b’Abanyakenya babifitiye ubumenyi ariko badafite akazi,…
Perezida Biden yategetse ko uwemeye gukingirwa Covid-19 ahabwa ibihumbi 100RWF
•
Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye za leta gutanga $100 (agera ku 100,000Frw) ku bantu bashya bemeye gukingirwa Covid mu muhate wo kuzamura umubare w’abakingirwa kubera ubwandu buri kwiyongera. Biden yashyizeho ibwiriza rishya ritegeka kwikingiza ku bakozi ba leta ya Amerika, urwego rukoresha benshi mu gihugu basaga miliyoni ebyiri. Iri bwiriza risaba…
Dore icyo wakora mu gihe woza amenyo akava amaraso
•
Kuva amaraso mu menyo ni ikibazo gikunze kuba kuri benshi, ushobora kuba uri muri bamwe cg uzi uwo bibaho, akenshi biza gutyo gusa, uriye ikintu cg mu gihe uri koza amenyo. Niba ujya uva amaraso mu ishinya waba uri koza amenyo cg uri kurya, iyi ni indwara ikomeye akenshi ituruka kuri bagiteri ziba…
Dore ibintu byoroshye byagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe bityo ukaba wirinze kurwaragurika
•
Reka turebere hamwe ibindi 5 byagufasha kongera imbaraga z’abasirikare n’urwungano rw’ubwirinzi byawe, bityo bikagufasha guhangana n’indwara zitandukanye. Imyitwarire yagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe Guseka cyane Guseka cyane bifitiye akamaro gakomeye umubiri kuko byongera ubudahangarwa, bityo bikagufasha kwirinda indwara zitandukanye. Nk’uko imvamutima z’uburakari n’umujinya zangiza ubuzima, niko guseka nako kubaka umubiri. Mu…
Mozambique: Ese koko u Rwanda rwohereje ingabo rutanguranwa na SADEC? Min. Biruta arabisobanura
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwohereje ingabo zarwo rusa n’urutanguranwa n’ibihugu bya SADC. Ibihugu ndetse n’abantu ku giti cyabo banenze ukuntu ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique, bamwe ndetse bavuga ko rusa n’urwashatse gutanguranwa n’ingabo z’akarere za SADC bagomba guhurira muri Mozambique. Minisitiri Biruta…