AS Kigali ni yo yegukanye Haruna Niyonzima na Emery Bayisenge
•
Ikipe ya AS Kigali yamaze kumvikana na Haruna Niyonzima waherukaga kuyivamo asubiye muri Young Africans muri 2020 ndetse uyu yiyongereyeho Emery Bayisenge wari warangije amasezerano nyuma akaza kwemera kuyongera. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane ni bwo Perezida wa AS Kigali Shema Fabrice yabwiye Radio B&B FM UMWEZI ko aba bakinnyi bombi…
Dore ibintu 5 bitangaje Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bahuriyeho n’ubwo abantu babafata nk’abakinnyi bahanganye
•
Biragoye kuba wabona umuntu ufana Lionel Messi na Cristiano Ronaldo icyarimwe muri iki gihe, ndetse byanakugora kubona umuntu ufana Argentina na Portugal ibihungu aba bakinnyi bakomokamo. Cristiano Ronaldo afite abafana benshi yakuye muri Manchester United bazamukana muri Real Madrid byanatumye ikipe y’igihugu ya Portugal yunguka abafana benshi mu bice bitandukanye by’Isi. Ninako bimeze…
Mozambique: Min. Biruta na RDF batangaje uko ibitero ku nyeshyamba byangenze, abapfuye n’abakomeretse n’uko uko byangenze ngo ingabo z’u Rwanda zoherezwe muri kiriya gihugu
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Biruta Vincent yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirebana n’ubutwererane bw’u Rwanda n’ibihugu byo mu Karere, muri Afurika no ku rwego mpuzamahanga. Muri iki kiganiro, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col. Rwivanga,yabashije kugaragaza ishusho y’uruhare rw’Ingabo z’u Rwanda mu kugarura amahoro n’umutekano muri Mozambique. Col Rwivanga yatangaje ko…
Finland: Umunyamakuru Niyonkuru Eric yakoze ubukwe na Ingabire bamaze imyaka itanu bakundana – AMAFOTO
•
Mu itangiriro 2:18, 24 hagira hati ‘Si byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiriye…Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina, akabana n’umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe.” Niyonkuru Eric n’umukunzi we bashyize mu bikorwa iki cyanditswe cyo muri Bibiliya. Niyonkuru Eric [Neric] wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo InyaRwanda Ltd,…
Akamaro gatandukanye ko gukoresha amakara harimo kurinda indwara, gusukura amazi, kuvura uburozi… ndetse n’uko akoreshwa
•
Amakara nubwo tuyamenyereye ko akoreshwa mu kuvana uburozi mu nda, nyamara si byo gusa akora kuko hari ibindi binyuranye ushobora kuyakoresha. Ayo makara avugwa hano si yayandi yo mu ziko cyangwa ku mbabura, kuko nayo uko akoze aba arimo ubundi burozi bwakangiza umubiri. Ahubwo niyo aherwaho agasukurwa, agatunganywa akavangwamo ibindi bituma akora akazi…
Imyitwarire mibi ugomba kwirinda kuko igabanya ubudahangarwa bw’umubiri ku kigero cyo hejuru bikaba byatuma indwara zikwibasira
•
Ubudahangarwa bw’umubiri wawe, bugira akamaro gakomeye ku buzima kuko bwitabazwa mu kurinda no kurwanirira umubiri ibyashaka kuwuhungabanya byose. Burinda ko mikorobe zose zagira aho zimenera, maze zikaba zatera indwara zitandukanye. Iyo ufite ubudahangarwa bworoshye, bishobora kugutera ibibazo bikomeye ku buzima, kuko abasirikare bataba bagishoboye kurwanya mikorobe zitandukanye (yaba bagiteri, virusi cg imiyege), nuko…