Uramutse umenye ibi bintu ntiwazongera gusiba kurya umwembe mu buzima bwawe bwose
•
Umwembe ni umwe mu mbuto zizwi cyane kandi zikundwa na benshi kubera impumuro n’uburyohe ufite, ukungahaye ku ntungamubiri zitandukanye dore ko witwa “umwami w’imbuto“. uba mu mabara 3; icyatsi, umuhondo n’umutuku. Ese umwembe ukungahaye kuki? Umwembe uboneka mu mabara anyuranye Umwembe ukize cyane ku ntungamubiri nyinshi, kuko ugaragaramo: Vitamine 20 zitandukanye, fibre…
Tanzania: Perezida Samia Suluhu yakingiwe Covid-19 asaba Abatanzania bose nabo kwikingiza
•
Yakomeje kuvuga ko abantu badakwiye kumutandukanya na Magufuli yabereye Visi-Perezida, ariko biragoye kuko imyanzuro afata Magufuli yayamaganye inshuro zitabarika. Perezida Samia Suluhu Hassan uyobora Tanzania kuva muri Werurwe 2021 nyuma y’urupfu rwa Dr John Joseph Pombe Magufuli, yakingiwe Covid-19 kuri uyu wa 28 Nyakanga 2021. Si we gusa wafashe doze ya mbere.…
Ibyo wamenya kuri B-2 Spirit indege y’indwanyi y’akataraboneka igura asaga miliyari 2 z’amadorari ya Amerika – AMAFOTO + VIDEO
•
Iyi ndege ikoze mu ishusho ry’inyuguti wa W ntibonwa na radar, irihuta cyane kandi ishobora gutwara no kurasa ibisasu by’ubwoko bwose byaba ibisanzwe cyangwa se ibya kirimbuzi bizwi nka Nuclear ndetse na za missile. Ni indege y’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika. Iyi ndege yatangiye gukorwa mu gihe cy’intambara y’ubutita yaje kurangira…
Ubwiza bw’indege yihariye(Private jet) ya Cristiano Ronaldo agendamo mu biruhuko. AMAFOTO
•
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,amaze iminsi mu biruhuko we n’umuryango we aho bagendaga mu ndege ye yo mu bwoko bwa Gulfstream G200 yaguze muri 2015 kuri miliyoni £20 z’amapawundi. CR7 na Georgina Rodriguez bamaza iminsi bari mu ngendo mu rwego rwo kuruhuka nyuma ya Euro 2020. Iyi ndege ifite izina rya ’Astra…
Leta y’u Burundi yaburijemo ibitaramo bya Israel Mbonyi
•
Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa 28 Nyakanga 2021, yatangaje ko yaburijemo ibitaramo by’umuhanzi w’Umunyarwanda, Israel Mbonyi uririmba indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana. Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubutegetsi, iterambere ry’abaturage n’umutekano mu Burundi mu kanya gashize, yasobanuye ko impamvu ibitaramo bya Mbonyi byaburijwemo ari uko nta burenganzira yigeze ahabwa n’urwego rubifitiye ububasha. Iyi…
Kinshasa: Umupolisi yarashe umukuriye ubwo bagenzuraga abambaye udupfukamunwa
•
Kuri uyu wa Gatatu muri karere ka Bandalungwa, mu Mujyi wa Kinshasa umupolisi yibeshye arasa umukuriye ubwo bari mu bugenzuzi bwo kureba abantu batambaye udupfukamunwa. Amakuru agera ku rubuga rwa ACTUALITE.CD aravuga ko uyu mupolisi warashwe mu mutwe yahise yihutanwa kwa muganga nk’uko byemejwe n’uwungirije umuyobozi w’igipolisi cya Congo (PNC) akaba na komanda w’igipolisi…