Micho wigeze gutoza Amavubi yasubiye gutoza Uganda ku nshuro ya kabiri
•
Milutin Sredojevic Micho watojeho ikipe y’igihugu Amavubi, yongeye guhabwa ikipe y’igihugu ya Uganda nyuma y’imyaka 4 ayivuyemo. Mu minsi ishize nibwo Micho yirukanwe n’ikipe ya Zambia kubera umumaro mucye, ariko ibyo FUFA iyobora umupira w’amaguru muri Uganda ntiyabyitayeho, ikaba yongeye kugirira ikizere uno mutoza imuha akazi. Micho yatoje u Rwanda kuva mu…
Haruna Niyonzima na rutahizamu w’umugande, bayoboye urutonde rw’abakinnyi Rayon Sports ishaka
•
Nyuma y’aho perezida wa Rayon Sports agarukiye mu Rwanda, muri Rayon Sports byashyushye, isoko ryongeye gukomera cyane. Nyuma y’aho Rayon Sports isoreje ikiciro cya mbere cyo kugura abakinnyi aho yinjije Mico Justin, Muvandimwe Jean Marie Vienney, Mugisha Master na Byumvuhore tresor, ubu igikurikiyeho ni ikiciro cya kabiri nacyo cyo gusinyisha abakinnyi bashya ndetse…
FERWAFA yaciwe akayabo ka miliyoni zisaga 120 FRW kubera kwirukana umukozi binyuranyije n’amategeko
•
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryishyuye Umufaransa witwa Jérôme Dufourg miliyoni zisaga 120 frw wari usinzwe itumanaho no gushaka amasoko kubera kumwirukana bidakurikije amategeko. Uyu mugabo wahoze akorera FERWAFA nk’ushinzwe kuyishakira amasoko yatsinze mu nkiko iri shyirahamwe ritegekwa kumwishyura Frw 120 000 000 nyuma yo kumwirukana bidakurikije amategeko. Umuvugizi wa FERWAFA…
Birababaje: Umugore yanize abana be 2 barapfa nyuma yo gushwana n’umugabo we
•
Umugore witwa Diana Nasimiyu Kibisi ukomoka mu gihugu cya Kenya yakoze amahano ubwo yashwanaga n’umugabo we bituma afata umwanzuro wo kuniga abana be babiri arabica. Uyu mugore utuye ahitwa Jérusalem-Waithaka, muri Dagorreti I Nairobi yatawe muri yombi nyuma yo kwica aba bana be. Komanda ushinzwe umutekano I Dagoretti, Francis Wahome, yavuze ko…
Karasira Aimable yakatiwe gufungwa iminsi 30 mu gihe agitegereje kuburana. Impamvu zashingiweho
•
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Aimable Karasira afungwa by’agateganyo iminsi 30 ategereje kuburanishwa mu mizi. Umucamanza yavuze ko kumufunga ari bwo buryo bwonyine bwo kumubuza gukomeza gukora ibyaha. Nyuma y’uko abamwunganira basabye ko arekurwa akajya kuvurwa uburwayi bwo mu mutwe, umucamanza yavuze ko Karasira aregwa ibyaha bikomeye kandi nta cyerekana ko…
Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melody baciriye bugufi Meddy gusa hari ababinye nko kwiyerurutsa
•
Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melodie bagaragaje ukwicisha bugufi imbere ya Meddy, nyuma yo gushinjwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kumugirira ishyari kubera ibyo ari kugeraho. Bruce Melodie yashinjwe kugirira Meddy ishyari kubera amagambo yamuvuzeho mu minsi yashize avuga ko we na The Ben ari “abanebwe bakora akaririmbo kamwe mu mwaka”, ndetse ko ntacyo bamurusha. Juno…