Meddy yasenze isengesho rikomeye naho bamwe mu bahanzi nka Teta, Juno Kizigenza na Sentore bavuga n’akari imorori kubera indirimbo My Vow
•
Hari ku itariki 22 Nyakanga 2021 ubwo umuhanzi Meddy yashyiraga hanze indirimbo yise “My Vow” yahimbiye umugore we Mimi Mekfra baherutse ku rushinga, ariko ikaza guteza impagarara bitewe n’uko yazanye impinduka zitandukanye mu muziki nyarwanda. Mu by’ukuri Meddy nk’umuhanzi ukunzwe, mbere yo guteguza abakunzi be iyi ndirimbo “My Vow” yamaze igihe itegerejwe na…
Ibibazo 10 ukwiye kwibaza no gusubiza mbere yo gutandukana n’umukunzi wawe
•
Gutandukana n’umukunzi wawe, umugabo/fiancé (e), si ibintu byoroshye na mba. Hari abatandukana babihubukiye, nyuma bakifuza kuba bakongera kubana cyangwa gukundana n’abo bashwanye, ugasanga ntibibashobokeye cyangwa bakabigeraho bibagoye cyane. Ibibazo 10 muba mugomba kwibaza mbere yo gufata umwanzuro wo gutandukana. 1. Nagerageje ibishoboka byose ngo twe gutandukana ? Mwagiranye ibihe byiza kenshi…
Umunyarwenya Bishop Gafaranga yahawe impano y’imodoka nziza cyane kubera indirimbo BYA BIHE aheruka gushyira hanze- AMAFOTO
•
Umunyarwenya Bishop Gafaranga ari mu byishimo bikomeye nyuma y’impano y’imodoka yahawe na Muhire Emmanuel ubarizwa mu Bubiligi ku bw’indirimbo ye “Bya bihe”, iibiganiro by’ivugabutumwa akora n’imikorere ye muri kompanyi akoramo. Tariki 2 Nyakanga 2021, ni bwo Bishop Gafaranga yasohoye amashusho y’indirimbo yise ‘Bya bihe’ itangiza urugendo rwe mu muziki nk’umuhanzi wigenga. Ni indirimbo…
Mu gihe zari na Diamond bari mu byishimo muri Africa y’Epfo, Tanasha wabyaranye n’uyu muhanzi nawe yahishuye ko ari mu rukundo rushya
•
Tanasha yaciye amarenga ko ari mu rukundo rushya n’uwamutwaye umutima Iby’uru rukundo Tanasha Donna yabihishuye ubwo yasubizaga ibibazo bitandukanye yabajijwe n’abakunzi be binyuze ku rukuta rwe rwa Instagram. Umwe mu bafana yamubajije niba yaba yaramaze kubona umukunzi mushya nyuma yo gutandukana na Diamond maze abishimangira mu marenga. Yabanje kuvuga ko hari ibyo…
Mozambique: Abasirikare 100 b’u Rwanda bagiye kurwana ahitwa Chai hatewe n’inyeshyamba
•
Ikinyamakuru BBC kivuga ko hari abasirikare 100 b’u Rwanda boherejwe gutabara ku biro by’ubutegetsi by’ahitwa Chai mu Karere ka Macomia ka Cabo Delgado, aho bivuga ko inyeshyamba zateye. Ni mu gihe abandi ku Cyumweru no kuwa Mbere bari bahanganye n’inyeshyamba mu gace ka Awasse nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru Mediafax. Kivuga ko igitero cyo gufata…
Byatangaje benshi: Perezida wa Malawi n’umuryango we bagiye mu bwongereza kwitabira inama izaba hifashishijwe ikoranabuhanga rya Video Conference
•
Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera n’itsinda ry’abantu 10 rigizwe n’abarimo umuryango we tariki ya 25 Nyakanga 2021 bagiye mu Bwongereza, kugira ngo yitabire inama mpuzamahanga yerekeye uburezi igomba kwifashisha ikoranabuhanga mpuzashusho rya ‘video conference’. Abagize umuryango wa Perezida Chakwera bamuherekeje barimo umugore we, umukobwa n’umukwe we usanzwe ashinzwe itumanaho mu biro bye. Ubusanzwe inama…