Umushinga wa gari ya moshi uhuza u Rwanda,Tanzania na RDC ugiye kwihutishwa
•
Umushinga wa gari ya moshi u Rwanda ruhuriyeho n’ibihugu bya Tanzania na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ugiye gusubukurwa ndetse wihutishwe kurushaho nyuma yaho ukomewe mu nkokora n’ibibazo birimo n’icyorezo cya COVID19 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwa remezo. Biteganyijwe ko uyu muhanda wa gari ya moshi wambukiranya umuhora wo hagati cyangwa Central corridor, ugomba…
Akamaro ko koga amazi ashyushye ku mubiri w’umuntu
•
Koga amazi ashyushye, ushobora kuyoga wiyuhagira ariko ushobora no kuyajyamo ukayamaramo iminota hagati ya 5 na 10. Ubwo ni ukuyasuka mu kintu ubasha kujyamo ugakwirwamo. Hahora ikibazo ku bantu ku kumenya niba koga amazi akonje ari byo byiza cyangwa amazi ashyushye ariyo meza. Nyamara buri cyose gifite akamaro kacyo, niyo mpamvu muri iyi…
Dore uburyo bworoshye bwagufasha kumenya niba utwite umuhungu cyangwa umukobwa mbere yo kubibwirwa n’abaganga
•
Kumenya igitsina cy’umwana utegereje kwibaruka ni ingenzi cyane mu rwego rwo gutegura ibyo azakenera byose yaba ari mu mibereho ndetse n’ibyo azambara. Kwa muganga hari uburyo bukoreshwa bwa ultrasound ukaba wamenya igitsina cy’umwana uzabyara, hagati y’ibyumweru 16 na 20 kwa muganga bashobora gukoresha ibyuma byabugenewe bakamenya neza igitsina uzabyara, iyo bitagaragara neza bisaba…
Umugabo yatorotse Polisi anatwara ipingu ryayo none arahigishwa uruhindu
•
Polisi mu karere ka Musanze iri guhigisha uruhindu umugabo witwa Bizimana Anselme, nyuma yo gutoroka kasho yayo iri kuri Sitasiyo ya Remera aho yari amaze iminsi afungiye. BWIZA dukeshya iyi nkuru ivuga ko kuwa Kane w’icyumweru gishize Bizimana yatawe muri yombi, ajya gufungirwa kuri Sitasiyo ya Remera mu gihe hari hagitegerejwe ko ashyikirizwa Urwego…
Umuhanzi Kitoko yavuze ku mukunzi we anahishura ko yitegura kurushinga vuba – AMAFOTO
•
Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu Bwongereza, Kitoko Bibarwa, bwa mbere yavuze ku mukunzi we bitegura kurushinga anahishura igihe ubukwe bwe buzabera. Umuhanzi Kitoko ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bamaze igihe kitari gito mu muziki nyarwanda ndetse bafite abakunzi batari bake bakunda ijwi rye ry’umwimerere. Uretse ijwi rye riremereye riryohera amatwi y’abatari bacye, uyu musore…
Birababaje: Umwarimu yakubise umwana arapfa nyuma yo gusubiza nabi ikibazo yari amuhaye
•
Abantu benshi batandukanye barimo ibyamamare ku isi basabiye ubutabera umukobwa witwa Michelle ufite imyaka 8 wishwe n’umwarimu we nyuma yo kumubaza ikibazo ariko ntagisubize neza umwarimu we akamukubita mu mutwe agahita yitaba Imana. Ibi byabereye mu gihugu cya Kenya aho umukobwa w’imyaka umunani witwa Michelle yari abajijwe ikibazo n’umwarimu we maze akagisubiza mu…